Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Prof Bayisenge Jeannette yasabye ba rwiyemezamirimo b'abagore mu buhinzi kwigirira icyizere bagakataza mu kubyaza umusaruro…
Abasirikare barenga 3,000 barwanira ku butaka mu Ngabo z'u Rwanda basoje imyitozo idasanzwe y'amezi atandatu mu kigo cy'imyitozo y'ibanze ya…
Aborozi b'ingurube n'abitabiriye imurikabikorwa ry'iminsi itatu riri kubera mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y'Amajyaruguru, batewe ibyishimo no kuba ukeneye…
Aborozi bigobotoye ibyagiye bidindiza ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye mu muryango bemeza ko umuryango utekanye ari ufite imibereho myiza, abawugize bakarangwa n'ukuri…
Mu imurikabikorwa ryatangiye kuri uyu wa 28 Kamena 2023 mu Karere ka Gicumbi, urubyiruko rwasabwe kumenya ko ubuhinzi bw'iki gihe…
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza mu Mirenge ya Ntyazo na Rwabicuma, bavuga ko ubutabera bw'Ubufaransa bukwiriye guha…
Aborozi bo mu Karere ka Nyagatare barashima umushinga RDDP wabafashije kubona umukamo utubutse, gushyira amazi mu nzuri no gutera ubwatsi…
Abatuye Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu barasaba ubuyobozi kubakiza ikidendezi cy'amazi kimaze imyaka irenga icumi aho kimaze gusenyera…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Burera yapfubije umugambi mubisha w'abagabo batatu bashatse gusakaza urumogi mu…
Umuforormo wakoreraga ku kigo nderabuzima cya Mahama mu karere ka Kirehe ari mu maboko ya RIB akekwaho gusambaya umugore ubwo…
Sign in to your account