NDEKEZI Johnson

978 Articles

Ntabwo tuzemera ibivume- Perezida Ndayishimiye ku batinganyi

Perezida w'Uburundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko abaryamana bahuje ibitsina bakwiriye gufatwa nk'ibivume kuko ibyo bakora ari ukugomera Imana kandi ko…

Umuyobozi ukomeye yirukanywe azira ibirimo imyitwarire idahwitse

Dr Nsabimana Aimable wari muyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ubutegetsi n’Imari mu Ishuri ry’u Rwanda ry’Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (RP) yirukanwe ku…

U Rwanda muri gahunda yo kubyaza umusaruro isoko rya Carbon

Abenshi bakunze kwibaza uko isoko rya carbon rikora kubera ko byumvikana nk’aho ari ugucuruza imyuka ihumanya ikirere. Mu nama yateguwe…

Kinshasa: Urubyiruko rwanga u Rwanda rwatwitse urugo rwa Fally Ipupa

Itsinda ry'urubyiruko rw'i Kinshasa rumaze igihe ruzenguruka mu mihanda rwamagana igihugu cy'u Rwanda, rwatwitse inzu n'imodoka by'umuhanzi Fally Ipupa. Ubu…

Urutonde rurerure rw’Abanyamulenge bafunzwe n’ubutegetsi bwa Congo

Abanyekongo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge bashyize hanze urutonde rurerure rw'abo muri ubwo bwoko bafunzwe n'ubutegetsi bwa Leta ya Kinshasa bazira…

Akarere ka Nyagatare kahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021-2022

Akarere ka Nyagatare ni ko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka w’ingengo y’imari wa 2021-2022. Intara y'Iburasirazuba yabaye iya…

Ibibera muri Congo bibangamiye Ubumwe bw’Abanyarwanda-Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. BIZIMANA Jean Damascène yagaragaje ko imvugo z’ibinyoma n’urwango byigishwa Abanyekongo bibangamiye ubumwe bw'Abanyarwanda. Ibi…

RDC: Barasaba ko Guverinoma yananiwe kurinda abaturage yeguzwa

Abanye-Congo biganjemo abo mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru ntibiyumvisha ukuntu Guverinoma ya RD Congo itareguzwa nyuma yo kunanirwa inshingano zo…

Ibintu bitanu byihariye ku ndangarubuga y’u Rwanda (.RW) n’umusaruro wayo

Hamaze igihe Abaturarwanda bashishikarizwa gukoresha indango y'izina ry'u Rwanda kuri internet nka bumwe mu buryo bwo kongera imbaraga muri gahunda…

Inzobere ziri guhugura abaganga bo mu Rwanda kuvura indwara ya Hernia

Itsinda ry’abaganga b’inzobere bavuye ku mugabane w'Ubulayi bari guhugura abo mu Rwanda kuvura indwara ya Hernia, benshi bita Haniya mu…