NDEKEZI Johnson

978 Articles

Couple ya James na Daniella n’iya Papi Clever & Dorcas bagiye guhurira mu gitaramo

Abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana bikaba n’akarusho ko baririmbana bakundana aribo James na Daniella bazahurira mu gitaramo…

Indwanyi yanze kurekura! Bad Rama yatangije irushanwa ryo gufasha impano nshya

Abanyarwanda baca umugani ngo "Iyagukanze ntiba Inturo", Mupenda Ramadhan wamamaye nka Bad Rama wigize gukangaranya uruganda rw'imyidagaduro mu Rwanda, yatangije…

UPDATE: Umunyamakuru wa VOA waketswe gukorana na M23 yafunguwe

Umunyamakuru wa Radiyo Ijwi rya Amerika n'ibindi bitangazamakuru bikorera muri Congo, nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho gukorana na M23…

Nyanza: Umugore akurikiranyweho kwica umugabo we

Umugore yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica umugabo we mu mudugudu wa Gako mu kagari ka Mbuye mu murenge wa Kibirizi…

Kicukiro: Abari ku rugerero basabwe umuhate mu bikorwa byubaka igihugu

Urubyiruko rw'abanyeshuri basoje amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 rwo mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro, rwasabwe guhindura…

Congo yatangaje imibare y’abasirikare b’u Rwanda binjiye ku butaka bwayo

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare b'u Rwanda binjiye bidegembya ku butaka bwa Congo bajya…

Uko umuntu yamenya inshuti y’icyerekezo kizima mu buzima bwe

Mu buzima kuva tugeze kuri iy'Isi, twahuye n'abantu benshi batandukanye, bamwe muri bo bahindutse abo twita inshuti ! Tubaha umwanya…

Roddy na Mevis bafashwa na AMA G basohoye indirimbo bahuriyeho-VIDEO

Abahanzi bashya baherutse gusinya amasezerano mu nzu itunganya muzika yitwa Omega Sound Records yashinzwe na Hakizimana Amani uzwi nka  AMA…

Abaturage b’i Kitchanga ntibashyigikiye ko M23 ihava

Mu mujyi wa Kitshanga muri Teritwari ya Masisi hafashwe n’ingabo z’umutwe wa M23 abaturage bijejwe umutekano usesuye, basabwa gukora mirimo…

Ingabo z’u Burundi zagose uruganda rwa Zahabu muri Congo

Ingabo z'Abarundi ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo mu Ntara ya Kivu y'Epfo, zirashyirwa mu majwi ko zazengurutse…