NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Rusizi: Abantu biraye mu murima wa kawa z’umuturage barazirandura

Abagizi ba nabi bataramenyekana biraye mu murima wa kawa z'umuturage mu Karere ka Rusizi barazirandura, ibiti byabananiye kurandura babitemera hagati…

FARDC yerekanye abagabye igitero kuri M23 i Kibumba

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC zateye utwatsi kurasa umutwe wa M23 ku musozi wa Nyundu nyuma yaho…

Musenyeri Habyarimana yitabye Imana

Musenyeri Simon Habyarimana wakoze imirimo itandukanye muri Diyoseze ya Ruhengeli, aho yanabaye Igisonga cy'Umwepisikopi yitabye Imana. Musenyeri Simon Habyarimana uzwi…

RDC: Iperereza “ryashyize hanze amabanga” yose ya Depite Mwangachuchu

Mu rubanza rwa Depite Édouard Mwangachuchu, Ubushinjacyaha muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko iperereza ryavumbuye amabanga akomeye kuri…

Umukecuru w’imyaka 78 afunzwe azira kwiba Banki

Umukecuru w'imyaka 78 yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa n'inzego z'umutekano nyuma y'igikorwa cyo kwiba imwe muri banki zikomeye, ni…

Rulindo: Habarurwa imiryango 279 yazimye kuko abari bayigize bose bishwe muri Jenoside

Ubuyobozi bw'Akarere ka Rulindo bufatanyije n'Umuryango Uharanira Inyungu z'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, bavuga ko muri ako Karere hamaze kubarurwa…

Masisi: Ubwicanyi bwafashe indi sura, barasaba ko M23 igaruka gutabara

Aho umutwe wa M23 urekuriye ibice wari warafashe muri Masisi, haravugwa ko imwe mu mitwe yakunze guhohotera Abanyekongo bo mu…

Ingurube ni nk’uruganda- Ab’i Ngororero barishimira ko zabahinduriye imibereho

Aborojwe ingurube n'umushinga wa PRISM bo mu Karere ka Ngororero ,Umurenge wa Nyange mu Kagari ka Gaseke, barishimira ko imibereho…

Umuyobozi wagaragaye asambanira mu ruhame arafunzwe

Umuyobozi mu Karere ka Nyamagabe ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) ugaragara mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga rwahanye inkoyoyo nk'usambanira…

Gicumbi: Umunyeshuri wa UTAB birakekwa ko yishwe

Umunyeshuri wigaga muri University of Arts and Technology of Byumba (UTAB), mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu yasanzwe amanitse…