NDEKEZI Johnson

978 Articles

Goma: Abanyamakuru batawe muri yombi abandi barakomereka

Abanyamakuru bo mu Mujyi wa Goma bahuye n'akaga kuri uyu wa 18 Mutarama 2022 mu gitero Polisi ya Congo yagabye…

Inkoni iravuza ubuhuha! Abaramukiye mu myigaragambyo i Goma bashwiragijwe

Abanye-Congo bo mu Mujyi wa Goma biganjemo urubyiriko rw'imburamukoro bazindukiye mu myigaragamyo yo kwamagana ingabo ziri mu mutwe w'Umuryango wa…

Abanyamadini basabwe gutsimbataza ubudaheranwa binyuze mu nyigisho batanga

Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yasabye abayobozi b’amadini n’amatorero ko bakwiye kurushaho gukomeza ibikorwa byo kuvura ibikomere no gutsimbataza ubudaheranwa…

Visha Keiz yakoranye indirimbo n’umugande Red-Q -VIDEO

Umuhanzikazi Visha Keiz umwe mu bazwiho ubuhanga ariko bitakunze guhira ngo yamamare hano mu Rwanda, kuri ubu aracyakotana muri muzika.…

Uko kuboha ibiziriko no korora inkwavu byateje imbere Perezida Ndayishimiye

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi Evariste Ndayishimiye avuga ko kugira ngo bashobore kugera ku ntego ya "buri munwa ubone icyo kurya,…

Ibitaro bya “Baho”byanyuzwe n’ubutabera ku baganga bashinjwe urupfu rw’umurwayi

Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byanyuzwe n'imikirize y'urubanza rwahanaguyeho icyaha abaganga babyo babiri, bashinjwaga "kwica umuntu bidaturutse ku bushatse"…

Museveni yihanije abarimo abadepite bahora mu mahanga

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yasabye ko ingendo zo hanze y'igihugu ku bagize Inteko Ishinga Amategeko n'abakozi ba Leta…

Akajagari k’abapasiteri batize Tewolojiya mu nzira zo gushyirwaho akadomo

Mu gihe mu Rwanda hakomeje inkundura yo gushinga amadini n'amatorero, hari impungenge ko byagira ingaruka mu gihe abayatangiza badafite ubumenyi…

Papi Clever na Dorcas bakoze amateka mu gitaramo bamuritsemo indirimbo 300 -AMAFOTO

Papi Clever na Dorcas bakoze igitaramo gikomeye cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Mutarama 2023, bafashwa n'abandi bahanzi barimo…

M23 yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije

Perezida wa M23 Bertrand Bisiimwa kuri uyu wa gatanu tariki 13 Mutarama 2023 yazamuye mu ntera Col Byamungu Maheshe Bernard…