NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Mu myaka 3 u Rwanda rwagabanyije 76% by’abarwaraga malaria

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima,RBC, kivuga ko kuva muri 2019 kugeza 2022 cyagabanyije 76% by’abantu barwaraga malaria imibare ikava kuri miliyoni 4…

Ibinezaneza by’abagore bakuye kirazira ku mirimo yitwaga iy’abagabo

Imirimo y’ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro ikunze kwitabirwa n’abantu b’igitsina Gabo gusa, ariko byamaze kugaragara ko mu Rwanda, abagore baho batinyuka gukora…

Gatsibo: Abaturage bahugukiwe ibanga ryo guhashya Malariya aho batuye

Abatuye Umurenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo baravuga ko bamaze kumenya byimbitse uburyo bwo guhangana n’indwara ya Malariya ikunze…

Abana bavutse ku bazungu mu Rwanda bakabihakana baracyugarijwe n’ibibazo

Umubare w'abana bavuka ku banyamahanga b'uruhu rwera baza mu bikorwa bitandukanye by'iterambere mu Rwanda, ukomeje kuzamuka ari nako uruhuri rw'ibibazo…

Umugore arashoboye- Ibyaranze imurikagurisha ry’abashoramari b’abagore i Kigali-AMAFOTO

Abari n’abategarugori bashyiriweho amahirwe adasanzwe abafasha kwerekana ibyo bakora mu imurikagurisha ngarukamwaka rigamije guhuriza hamwe abakora ubucuruzi baturutse mu turere…

RDC: Abahoze mu gisirikare bagiye gutanga “umusada” mu guhashya M23

Minisitiri w'Ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanzuye ko abahoze mu gisirikare babarurwa kugira ngo babashe gufasha bagenzi babo…

Umuhanzi Mico The Best yatawe muri yombi

Umuhanzi nyarwanda Mico The Best yatawe muri yombi akurikiranyweho gutwara ikinyabiziga yanyoye inzoga zirenze igipimo cyagenwe. Uyu muhanzi yatawe muri…

Inzobere mu ikoranabuhanga mu Rwanda zatyaje ubumenyi kuri “DNS”

Abakozi bashinzwe ikoranabuhanga mu bigo bitandukanye bahawe amahugurwa n’Ikigo gishinzwe guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), agamije kubongerera ubumenyi kuri DNS (Domain…

Knowless na Clement bibarutse umwana wa gatatu

Umuryango wa Ishimwe Clement na Butera Knowless bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka umwana wa gatatu. Uyu mwana batigeze…

Abakomando 100 b’Abarundi bambariye guhagarika M23

Abakomando 100 b'Abarundi nta gisibya kuri uyu wa Gatandatu baragera ku kibuga cy'indege cya Goma muri Kivu ya Ruguru aho…