NDEKEZI Johnson

1091 Articles

RDC: Barasaba ko Guverinoma yananiwe kurinda abaturage yeguzwa

Abanye-Congo biganjemo abo mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru ntibiyumvisha ukuntu Guverinoma ya RD Congo itareguzwa nyuma yo kunanirwa inshingano zo…

Ibintu bitanu byihariye ku ndangarubuga y’u Rwanda (.RW) n’umusaruro wayo

Hamaze igihe Abaturarwanda bashishikarizwa gukoresha indango y'izina ry'u Rwanda kuri internet nka bumwe mu buryo bwo kongera imbaraga muri gahunda…

Inzobere ziri guhugura abaganga bo mu Rwanda kuvura indwara ya Hernia

Itsinda ry’abaganga b’inzobere bavuye ku mugabane w'Ubulayi bari guhugura abo mu Rwanda kuvura indwara ya Hernia, benshi bita Haniya mu…

Ndimbati yateye umugongo amasezerano y’uruganda rwenga agasembuye

Umunyarwenya Uwihoreye Mustapha uzwi nka Ndimbati uherutse kugirwa “Brand Ambassador” w’uruganda rwa Sky Drop Industries yateje intugunda no kwibazwaho nyuma…

Abiganjemo abikorera bashishikarijwe kuyoboka “AkadomoRw”

Ikigo gishinzwe guteza imbere Ikoranabuhanga mu Rwanda (RICTA) kirashishikariza Abaturarwanda by'umwihariko abikorera guhindura imyumvire bagakoresha imbuga nkoranyambaga zifite amazina ashingiye…

Imyumvire ishaje ikomeje kuba inzitizi ku bakobwa bashaka kwiga Siyansi

Abanyarwanda bashishikarizwa guhindura imyumvire ya kera yo kumva ko abagore n’abakobwa badashobora kwiga ibijyanye na Siyansi bigatuma bahitiramo abana babo…

Ubu sinkipfuye, mundamukirize Kagame- Ibyishimo by’umukecuru wubakiwe inzu iteye amabengeza

Umukecuru w'imyaka 90 wo mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Nemba ashimira Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame…

Ibijumba bigoye kubibona kurusha inyama – Icyo babivugaho

Abaturage bo hirya no hino mu gihugu baravuga ihenda rya bimwe mu bihingwa ngandurarugo by'umwihariko ibijumba bisigaye birya umugabo bigasiba…

Bugesera: Uko umuherwe yambuye Mutesi Aisha isambu ikagenda ayireba

Mu gikorwa cyo kureba ibibazo by’akarengane gakorerwa abaturage mu karere ka Bugesera bigakemurwa n’Urwego rw’Umuvunyi, Mutesi Aisha yagize ati "Maze…

MINEDUC yahawe impano y’ibitabo 5,505 by’amateka y’u Rwanda

Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yahaye Minisiteri y’uburezi ibitabo 5,505 by’amateka y’u Rwanda. Ni ibitabo byatanzwe kuri uyu wa 22…