TUYISHIMIRE RAYMOND

1045 Articles

Amahoteri agezweho, imihanda ya kaburimbo, Gicumbi irifuzwa mu isura nshya  

Akarere ka Gicumbi , ni kamwe mu turere turi kwaguka cyane ndetse kakaba ari kamwe mu dufite ahantu hatandukanye h’ubukerarugendo.…

Uko Nsanzumuhire yitiranyije idini n’ubuhezanguni akisanga mu nkiko

Nsanzumuhire Jean Claude Shaffy, atuye mu karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, ni umwe mu banyarwanda bisanze bigishwa  amatwara…

UPDATED: Umusore n’umukobwa wamusuye bombi basanzwe bapfuye

Umuhungu wigaga mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubunenyingiro, RP Tumba College mu Karere ka Rulindo n’inkumi bivugwa ko yari yamusuye, bombi…

Volkswagen yashimangiye ko nta gahunda yo kuva mu Rwanda

Uruganda rwa Volkswagen ruteranya imodoka mu Rwanda, kuri uyu wa 24 Werurwe 2026, rwatangaje ko ruzakomeza gukorera mu Rwanda ndetse…

Uko Abagande 6 bisanze mu mugambi wo gucucura Equity Bank Rwanda

Hashize igihe Equity Bank Rwanda itaka ubujura bw’ikoranabuhanga ndetse kuri ubu  abantu batandatu bafite ubwenegihugu bwa Uganda, bari mu bakurikiranyweho…

PSF yabonye Umuyobozi Mukuru

Amin Miramago yagizwe Umuyobozi Mukuru w'Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, asimbuye Stephen Ruzibiza, wari muri izo nshingano kuva mu 2015.…

UPDATED: Minisitiri wari waburiwe irengero yongeye kugaragara mu ruhame

UPDATES: Raphael Tuju wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Kenya yongeye kugaragara mu ruhame nyuma yo kuburirwa irengero na Polisi igatangaza…

Minisitiri w’Intebe yibukje abayobobozi ko bakorera Abanyarwanda

Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye abayobozi batandukanye guharanira gukorera mu bwuzuzanye n’ubufatanye, abibutsa ko bakorera Abanyarwanda. Ni ibyagarutsweho kuri…

Amb. Bazivamo yasabye urubyiruko rwa FPR-Inkotanyi kurinda isura y’igihugu

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR- Inkotanyi, Amb Bazivamo Christophe, yasabye  urubyiruko ruwubarizwamo, gukoresha neza imbuga nkoranyambaga, bagaragaza neza ukuri ,barwanya amacakubiri…

Abayobozi bari mu mwiherero biga ingamba zo kwihutisha iterambere

Abayobozi bo mu Nzego z’ibanze n’Inzego nkuru za Guverinoma, kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Werurwe barahurira mu Kigo…