TUYISHIMIRE RAYMOND

927 Articles

Fulgence Kayishema yongeye gutabwa muri yombi

Fulgence Kayishema yongeye gutabwa muri yombi hagendewe ku itegeko rimusabira koherezwa kuburanishwa i Arusha muri Tanzania ku byaha bya Jenoside…

Umunyamabanga wa Leta ya America yahamagaye Perezida Kagame kuri telefoni

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida…

Kigali: Polisi yafashe abahungabanya umutekano wo  mu muhanda

Polisi y’Igihugu ku mugoroba wo  kuwa mbere tariki ya 14 Kanama 2023, yakoze umukwabu ku batwara ibinyabiziga, badacana amatara nijoro,ivuga…

Ikigo cyo muri Nigeria kigiye gufasha ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda kubona ibiro

Ikigo cyo muri Nigeria Gisanzwe gifasha abantu kubona aho gukorera no gutunganya ibiro, OfficePhase, gitangaza ko gishima ubuyobozi bwiza bwa …

Kinyinya: Urubyiruko rwashashe inzobe ku cyatuma rukirigita ifaranga

Urubyiriko rwo mu Kagari ka Kagugu,mu Murenge wa Kinyinya,Akarere ka Gasabo,bishimiye intambwe bagezeho biteza imbere binyuze mu matsinda mato,basabwa  guca…

Abantu batatu bapfiriye  mu mpanuka ya Jaguar

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu batatu baguye mu mpanuka ya bisi y’ikompanyi itwara abagenzi ya Jaguar, yari ivuye mu…

Afurika ni igihangange, ntabwo mukeneye guhora mwibutswa – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko Abanyafurika ari ibihangange, badakeneye guhora babyibutswa ndetse ko bafite byose kugira ngo impano…

Mu mezi abiri abayobozi b’ibanze barenga 15 barirukanywe 

Hashize igihe gito hari inkubiri y’iyirukanwa ry’abayobozi mu nzego z’ibanze kubera “kutubahiriza neza inshingano”. Mu gihe kitarenze amezi abiri kuri…

U Rwanda rugiye Kwita Izina abana b’Ingagi 23 

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere,RDB, cyatangaje umuhango wo kwita izina abana b’ingagi 23 ugiye kubera mu Kinigi  mu karere ka Musanze ku…

“Hari aho twasanze amategeko y’imiryango bayarutisha ay’Igihugu” -Min Musabyimana

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude yatangaje ko kwirukana abayobozi bamwe bo mu Ntara y’Amajyaruguru, byari bigamije gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda.…