UMUSEKE

34 Articles

Karongi: Mayor, Vice-Mayor, na Perezida wa Njyanama begujwe

Umuyobozi w'Akarere ka Karongi, Mukase Valentine, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu, Niragire Theophile hamwe na Dusingize Donatha, wari Perezida…

IGITEKEREZO: Icyuho mu mikoranire y’ibigo by’itumanaho kiraha urwaho abatubuzi

Iyi nkuru ni IGITEKEREZO CY'UMUSOMYI WA UMUSEKE Ejobundi ubwo nari nzindukiye ku kazi nasanze mugenzi wanjye uvuka mu mahanga (Iburayi)…

Baltasar Ebang Engonga: Indorerwamo benshi bakwirebamo

IYI NKURU IKUBIYEMO IBITEKEREZO BWITE N'UBUHANGA MU GUSESENGURA BYA Padiri Sixte Hakizimana UMUSOMYI WA UMUSEKE, ARAKEBURA UMURYANGO ASHINGIYE KU NKURU…

Congo yafunze umupaka wa ‘Grande Barrière’ uyihuza n’u Rwanda

Saa kumi n'ebyiri n'igice zo muri iki gitondo cyo kuwa 5 Ugushyingo 2024, ingabo n’abapolisi ba Repubulika ya Demokarasi ya…

Umushinjacyaha arafunzwe akekwaho kwaka ruswa umuturage

Umushinjacyaha  witwa SEBWIZA VITAL wo ku rwego rw’ibanze rwa Gashari yatawe muri yombi ku wa 18 Ukwakira 2024 n’Urwego rw’Igihugu…

Maj Gen Alexis KAGAME yagizwe Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,yagize Maj.Gen Alexis Kagame, umugaba Mukuru w’Inkeragutabara  naho Maj Gen…

Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yatakaje akazi “biturutse ku mazi ya WASAC”

Munyangeyo Dieudonné Kennedy wari Umuyobozi wa Televiziyo y'u Rwanda yeretswe umuryango nyuma y'imyitwarire idahwitse irimo kwiba amazi y'Ikigo gishinzwe isuku…

Congo irashinja u Rwanda kuyinaniza

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashinje u Rwanda kudashyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro ya Luanda, ruzanamo amananiza. Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga…

Update: Umunyeshuri wa G.S Mugongo “yarasiwe mu gikorwa cyo gufata abacoracora”

Rubavu: Ubuyobozi bwa Polisi ku rwego rw’igihugu bwagiye guhumuriza abaturage mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu nyuma y’uko…

Updated: Urukiko rwategetse ko Muhayimana Charles akurikiranwa ari hanze

UMUSEKE wabonye kopi y'urubanza rwasomwe tariki 04/10/10, ku ifunga n'ifungurwa ry'agateganyo, rutegeka ko Muhayimana Charles, uregwa iyicarubozo, ubujura bukoresheje kiboko…