UMUSEKE

90 Articles

Nyanza: Umugabo yapfuye bitunguranye, abaturage bakeka ko yishwe

Sibomana Emile wo mu Mudugudu wa Gatagara, Akagari ka Gatagara, Umurenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza, yasanzwe imbere y’urugo…

Abagabo bafatanywe udupfunyika tw’urumogi n’ingurube y’inyibano

Kamonyi: Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze, RIB n’abaturage, yafashe abagabo bababiri umwe akekwaho ibikorwa by’ubujura burimo…

Muhanga: Umugabo yaguye mu kirombe cyacukuwemo amabuye y’agaciro

Yanditswe na Eric Habimana Umugabo witwa Niyirora Kizito yapfuye nyuma yo kugwirwa n’ikirombe cyari cyarafunzwe ubwo we na mugenzi we…

Muhanga: Polisi yafashe abantu 8 “ivuga ko bakekwaho ubujura”

Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage yafashe abagabo umunani bakekwaho gukora ubujura bwitwikira ijoro. Aba…

Umunyamahirwe adasanzwe yatsindiye miliyoni 53.5Frw

UMUNYAMAHIRWE UTANGAJE YATEZE Frw 2,111 KU MIKINO 40, ATSINDIRA Frw 53,509,099. Ipari ndende cyane ariko ifite amahirwe menshi yo gutsinda…

Bigenda gute iyo uwaguze igicuruzwa agisanganye inenge? Amategeko amufasha iki?

Isesengura ry’Umunyamategeko MUNYANDINDA J. Bosco, ukorera muri LEX Chambers (0788383936) Hari igihe umuntu agura telefone bamubwira ko ari nzima; yagera…

Ikibazo cy’amashanyarazi acika giteye inkeke mu Turere tw’Intara y’Amajyepfo – imirimo kuri bamwe yahagaze

Amajyepfo: REG yagize icyo ivuga ku ibura ry’umuriro w’amashanyarazi rya hato na hato rimaze iminsi, abakoresha moto z’amashanyarazi bamwe bahagaritse…

Abagera kuri 12 bakurikiranyweho guhisha ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Amajyepfo: Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo iravuga ko ikomeje ibikorwa byo guca burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, ariko ko hari…