UMUSEKE

50 Articles

Umuyobozi w’isoko rikuru i Nyanza amaze iminsi afungiwe i Kigali

Umuyobozi w'isoko rikuru rya Nyanza amaze iminsi afungiwe mu Mujyi wa Kigali akekwaho kunyereza imisoro ya leta. Amakuru UMUSEKE ukesha…

Gicumbi: Miliyoni 22 Frw zigiye guhindura imibereho y’abaturage

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi bagize Ihuriro ry’Iterambere ry’Umurenge wa Rukomo kuwa 20 Kamena 2026, bishatsemo ubushobozi…

Isimbi yavuze ko hari umugabo ukura abakobwa mu Rwanda akabacuruza i Bulayi

Noeline Narubega, wamenyekanye nka Isimbi Noeline, usanzwe akina filimi z’urukozasoni, yatangaje ko we na bagenzi be bane bakorewe icuruzwa ry’abantu.…

Kujyana umuntu muri Transit Center byabaye munyumvishirize?

Ucyumva ijambo Transit Center uhita wumva  Igororamuco ry’ibanze, aho abantu bafite imyitwarire ibangamiye rubanda banyuzwa, bakigishwa, bakagororwa kugira ngo basubizwe…

Shadia yabaye iciro ry’imigani! Yagaragaye aha inshyi z’amatwi umugabo we

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bacitse ururondogoro nyuma y'amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga, umugore "bahamagara Shadia" akubita uwo 'yitaga umugabo we inshyi…

Igisirikare cya Amerika cyongeye kugaba ibitero kuri Iran

Igisirikare cya Amerika cyongeye kugaba ibitero kuri Iran byibasiye ikigo cya gisirikare kiri i Bandar Abbas, umujyi w’ingenzi uturiye icyambu,…

Ibiciro bya Peteroli byagabanutse hamwe na hamwe ku Isi

Ibiciro bya peteroli byagabanutse cyane mu gihe amasoko y’imigabane muri Aziya yazamutse bitewe n’icyizere cy’amasezerano ashobora guhagarika intambara hagati ya…

Ebola iri muri benshi kurusha uko abantu babikeka

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO) ryatangaje ko icyorezo cya Ebola kiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR…

Uganda: Perezida w’Inteko arakekwaho ruswa

Abashinzwe umutekano bakora  mu nzego za Uganda bataye muri yombi abantu babiri bakekwaho gufatanya na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anitha…

Indwara y’Umuvuduko w’Amaraso ni “Umwicanyi ucecetse” – Dore ibyo wamenye n’uko wakwirinda

Abaganga bavuga ko muri iki gihe ku isi habaruwe abantu miliyari 1.4 bafite ikibazo cy'ubuzima kijyanye n'umuvuduko w'amaraso. Aho iki…