UMUSEKE

90 Articles

Nyaruguru: Abaturage babonye impinduka mu byakozwe n’Ubuyobozi mu myaka 5 ishize

Ubuhamya bw'abaturage bo muri Nyaruguru, bwumvikanamo gushima ibyo ubuyobozi bwagezeho mu myaka 5 ishize, harimo kubaka ibikorwa remezo, no kugabanya…

GUKOSORA: Ibikoresho by’amashanyarazi byafashwe n’inkongi ni ibya TBEA

REG ivuga ko ibikoresho byfashwe n'inkongi i Rwamagana atari ibyayo ahubwo ari ibya rwiyemezamirimo witwa TBEA. Inkuru yabanje: Mu Karere…

Umugabo ashinja abakozi ba AFRISET kumutema – ntagikozwe hazagwa umuntu!

Muhanga: Umuturage wo mu murenge wa Mushishiro, Akagari ka Rwasari, aratabaza inzego bireba nyuma yo gukomereka bikomeye, avuga ko yatemwe…

Ruhango: Imbwa zariye ihene 10 z’abaturage

Mu Karere ka Ruhango, imbwa zari kumwe n’abantu bari bagiye guhiga zariye ihene 10 z’abaturage, eshanu muri zo zirapfa, mu…

Umuriro wari umaze gufata hegitari 40 mu nkengero za Nyungwe

Nyaruguru: Polisi iravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye agace kegereye Pariki ya Nyungwe yamaze kuyizimya. Inkongi y’umuriro yibasiye agace k’ishyamba kari…

Uko umuco n’amategeko bihuzwa n’imyambarire ikwiye mu ruhame

Iyi nyandiko ni Isesengura ry’umunyamategeko MUNYANDINDA Jean Bosco wo muri LEX NOVA Chambers aboneka kuri telefoni (+250) 788 383 936 Mu minsi…

Ibyamenyekanye ku nkongi yibasiye agace kegereye Pariki ya Nyungwe

Nyaruguru: Inkongi y’umuriro yibasiye agace k’ishyamba kari hafi ya Pariki ya Nyungwe, mu Murenge wa Muganza, mu Karere ka Nyaruguru.…

Kashobotse ku “bajura biba amatungo”

Nyanza na Nyaruguru: Abantu 11 bakekwaho kwiba amatungo maremare n'amagufi bafashwe, ndetse bafatanwa igihanga, kuko Polisi imaze kugaruza inka enye…

Huye: Abavoka bahuguwe ku ikoreshwa ry’ibimenyetso bya gihanga mu butabera

Abunganizi mu mategeko (Avocats) bo mu Karere ka Huye bahuguwe ku ikoreshwa no gusobanukirwa ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa…

Umugabo arashakishwa uruhindu

Ngoma: Inzego z’umutekano zikorera mu Ntara y’Iburasirazuba zatangiye gushakisha umugabo ukekwaho gukubita mugenzi we umwase mu mutwe, bikamuviramo urupfu, nyuma…