Ubuhamya bw'abaturage bo muri Nyaruguru, bwumvikanamo gushima ibyo ubuyobozi bwagezeho mu myaka 5 ishize, harimo kubaka ibikorwa remezo, no kugabanya…
REG ivuga ko ibikoresho byfashwe n'inkongi i Rwamagana atari ibyayo ahubwo ari ibya rwiyemezamirimo witwa TBEA. Inkuru yabanje: Mu Karere…
Muhanga: Umuturage wo mu murenge wa Mushishiro, Akagari ka Rwasari, aratabaza inzego bireba nyuma yo gukomereka bikomeye, avuga ko yatemwe…
Mu Karere ka Ruhango, imbwa zari kumwe n’abantu bari bagiye guhiga zariye ihene 10 z’abaturage, eshanu muri zo zirapfa, mu…
Nyaruguru: Polisi iravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye agace kegereye Pariki ya Nyungwe yamaze kuyizimya. Inkongi y’umuriro yibasiye agace k’ishyamba kari…
Iyi nyandiko ni Isesengura ry’umunyamategeko MUNYANDINDA Jean Bosco wo muri LEX NOVA Chambers aboneka kuri telefoni (+250) 788 383 936 Mu minsi…
Nyaruguru: Inkongi y’umuriro yibasiye agace k’ishyamba kari hafi ya Pariki ya Nyungwe, mu Murenge wa Muganza, mu Karere ka Nyaruguru.…
Nyanza na Nyaruguru: Abantu 11 bakekwaho kwiba amatungo maremare n'amagufi bafashwe, ndetse bafatanwa igihanga, kuko Polisi imaze kugaruza inka enye…
Abunganizi mu mategeko (Avocats) bo mu Karere ka Huye bahuguwe ku ikoreshwa no gusobanukirwa ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa…
Ngoma: Inzego z’umutekano zikorera mu Ntara y’Iburasirazuba zatangiye gushakisha umugabo ukekwaho gukubita mugenzi we umwase mu mutwe, bikamuviramo urupfu, nyuma…
Sign in to your account