Amahanga

Zelensky arifuza guhura na Putin imbonankubone

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko yifuza guhura imbonankubone na mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, ngo baganire ku…

Abashyinguraga uwishwe na Ebola batewe basiga umurambo

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abaturage bateye itsinda ry'abakozi b’inzobere bari mu gikorwa cyo gushyingura umuntu wishwe n'indwara ya…

M23 yashwishurije abarota gufata ibirombe bya Rubaya

Guverineri wa Kivu y'Amajyaruguru, Bahati Erasto Musanga, yahamije ko abarota gufata Rubaya, ikungahaye ku birombe by'amabuye y'agaciro, bifashishije intambara nta…

Amerika yamaramaje ko igomba gushinga muri Kenya ikigo cy’abakekwaho Ebola

Ubutegetsi bwa Leta zunze Ubumwe za Amerika bwavuze ko ntakizabuza ishingwa ry'ikigo muri Kenya kizajya cyakira Abanyamerika barwaye cyangwa bakekwaho…

US – Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ubuza Trump kongera kurasa Iran

Inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite muri America yatoye yemeza umushinga w'itegeko rigamije kwambura Perezida Donald Trump ububasha bwo kugira icyemezo…

Minisitiri wagenwe na Museveni inteko yamwanze ngo ni Umunyarwanda

Inteko ishingamategeko ya Uganda ku yanze kwemeza  Dr Lawrence Muganga nk’umwe mu bantu baherutse gushyirwa muri guverinoma na Perezida Yoweri…

- Advertisement -
Ad image