Amahanga

Trump yamaramaje ko ubutegetsi muri Iran bugomba guhinduka

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubu ihinduka ry'ubutegetsi muri Iran ari cyo kintu cyiza…

Nangaa wa AFC/M23 yaganiriye na Vivian uyobora MONUSCO

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yahuye anaganira n'Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro…

Indege ya mbere yaguye muri Goma igenzurwa na AFC/M23

Indege ya mbere yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Goma muri Kivu y’Amajyaruguru nyuma y’igihe kirenga umwaka abarwanyi ba AFC/M23…

Zelenskyy yakuriye inzira ku murima Amerika

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yabwiye Leta zunze Ubumwe za Amerika zihora zimusaba gutegura amatora y'Umukuru w'Igihugu ko ibyo bidashoboka,…

Congo na M23 bahawe umunsi wo guhagarika imirwano

Ibiro bya Perezida wa Angola bwahaye Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe bihanganye wa M23 guhagarika imirwano kuva…

‘General’ yapfiriye mu nzira agiye gushyingura mugenzi we

Umuvugizi w’Agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yatangaje ko iki gisirikare cyapfushije Maj. Gen Deus Sande wari Umuyobozi…

- Advertisement -
Ad image