Amahanga

Perezida Kagame na Macron bategerejwe mu gikorwa cy’amateka i Paris

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, i Paris bagiye kuhafungura Ikimenyetso cy’Urwibutso…

Abantu bane biyongereye ku wakize Ebola muri RDC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryemeje ko muri RDC abantu bane biyongereye ku wundi umwe uherutse gukira ubwoko…

UPDATED: Iran na Amerika bikomeje “gukocorana buri ruhande rugashinja urundi”

Ibihugu bya Leta zunze Ubumwe za Amerika na Iran byigambye ko mu mpera z’icyumweru buri kimwe cyagabye ibitero ku kindi…

Indege yari itwaye ba mukerarugendo yakoze impanuka

Indege yari itwaye abakerarugendo muri Kenya yahanukiye muri pariki ya Maasai Mara ku bw'amahirwe ntihagira ukomereka cyangwa ngo apfe. Iyi…

Uganda: Ibirori by’Iminsi Mikuru y’Igihugu byakuweho

Leta ya Uganda yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kutazongera gushyira amafaranga mu birori by'imwe mu Minsi Mikuru y'Igihugu mu rwego…

Hasohotse raporo ya muganga ku buzima bwa Trump

Umuganga bwite wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump witwa Dr Sean Barbabella yatangaje ko uyu muyobozi…

- Advertisement -
Ad image