Amakuru aheruka

PDI yamaganye Congo ishaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda

Ubuyobozi bw'Ishyaka  Ntangarugero muri Demokarasi, PDI, ryasohoye itangazo rivuga ko yamaganye imigambi

Gicumbi: Abantu batatu baguye mu mpanuka y’imodoka

Abantu batatu bo mu  karere ka Gicumbi, Umurenge wa Mutete, barimo n'umubyeyi 

Nyanza: RIB yafunze uwiyitaga umugiraneza agacucura abaturage

Umusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho kwiba aho

M23 yongeye gusaba Leta ya Congo kwemera ibiganiro

Ihuriro AFC/M23 ku cyumweru tariki ya 16 Gashyantare 2025, ryasabye Guverinoma iyobowe

Muhanga: Abasore n’inkumi bakekwaho ubujura batawe muri yombi

Itsinda ry’abantu 12 rigizwe n’abasore, abagabo n'inkumi bo  mu Mujyi wa Muhanga

AMAFOTO: Abaturage bafashe “selfie” ku nyeshyamba za M23

Umunsi wo ku Cyumweru tariki 16 Gashyantare 2025 uzaguma mu mitwe y'abatuye

Umwarimu wigisha mu mashuri yisumbuye “yasanzwe mu mugozi yapfuye”

Nyanza: Umwarimu wigishaga mu mashuri yisumbuye mu murenge wa Cyabakamyi mu karere

M23 yageze mu Mujyi wa Bukavu

Amakuru aremeza ko umutwe wa M23 wamaze kugera mu Mujyi wa Bukavu

Abakuru b’ibihugu bya Afurika bariga uko imirwano yahagarara muri RD Congo

Abakuru b’ibihugu bigize akana k'Umuryango wa Afurika yunze ubumwe gashinzwe amahoro n’umutekano,

Musenyeri Mugiraneza Samuel yahawe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza mu Karere ka Musanze, rwakatiye gufungwa iminsi 30

Gicumbi: Abahuguwe gucunga amakoperative basabwe kubibyaza umusaruro 

Guverineri w’Intara y’Amjyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yasabye abahinzi n’aborozi bo mu karere ka

Abihayimana bavuye i Kinshasa babonanye na Perezida Kagame

Urwego rukuriye Abasenyeri muri Congo Kinshasa rwemeje ko intumwa zarwo zahuye na

Perezida KAGAME yakiriye umuyobozi wa Banki y’Isi mu karere

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye  Umuyobozi wa Banki y’Isi  mu bihugu

M23 irashinja ingabo za leta gukoresha indege y’intambara irasaba abaturage

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko ingabo za leta, FARDC, zakoresheje  indege y’intambara yo

Umuhanzi Idinco Delcat wari uzwi i Goma yarashwe n’abataramenyekana

Umuhanzi wari uzwiho kuririmba indirimbo zinenga ubutegetsi bwa Perezida Antone Felix Tshisekedi