Amakuru aheruka

Rusizi: Hari gutunganywa site z’imiturire “zizafasha kuvugurura umujyi”

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi butangaza ko mu myaka itanu iri imbere umujyi uzaba uteye imbere bitewe n’ibikorwa remezo bizaba biwurimo.…

Umuriro wari umaze gufata hegitari 40 mu nkengero za Nyungwe

Nyaruguru: Polisi iravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye agace kegereye Pariki ya Nyungwe yamaze kuyizimya. Inkongi y’umuriro yibasiye agace k’ishyamba kari…

Evra yahishuye ko kuza mu Rwanda ari isezerano yari yarahaye Perezida Kagame

Patrice Evra wabaye Umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku Isi, waje mu Rwanda mu bikorwa birimo ibyo Kwita Izina abana b’ingagi,…

Perezida Museveni yakiriye umugogo w’Umwami uherutse gutanga

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ku kibuga cy’indege cya Entebbe i Kampala yahakiriye umugogo (umurambo)  w’Umwami Oyo Nyimba Kabamba…

Uko umuco n’amategeko bihuzwa n’imyambarire ikwiye mu ruhame

Iyi nyandiko ni Isesengura ry’umunyamategeko MUNYANDINDA Jean Bosco wo muri LEX NOVA Chambers aboneka kuri telefoni (+250) 788 383 936 Mu minsi…

Itafari ryagwiriye umuntu arapfa

Muhanga: Mukaruyonga Cathérine, umukecuru w'imyaka 87 y'amavuko yagwiriwe n'itafari ryo mu bwoko bwa rukarakara riramwica. Iyi mpanuka y'itafari ryishe umukecuru…

- Advertisement -
Ad image