Amakuru aheruka

Ubushinjacyaha bwajuririye Umukire utunze   imodoka 25, ibibanza 120, igorofa mu mujyi wa Kigali

Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cyafashwe n'urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza

RDF ni ingabo z’igihugu ntabwo ari “inyeshyamba” – Kagame akosora Ramaphosa

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakosoye Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa

Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko “gahunda yabo ari ukujya i Kinshasa”

*Nangaa yavuze ko "Etat de siege irangiye muri Kivu ya Ruguru no

Ingabo na Polisi zigiye muri Mozambique zasabwe kurangwa n’indangagaciro

Ingabo na Polisi zigiye koherezwa mu  Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique

Umutangabuhamya yashinje ‘Mico’ gutunga imbunda mu gihe cya Jenoside

Umutangabuhamya wazanywe n'ubushinjacyaha yashinje 'Mico'ko yamubonanye imbunda mu gihe cya Jenoside yakorewe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yavuganye na Nduhungirehe kuri telefoni

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, yatangaje ko yagiranye ikiganiro na

Abanye-Congo barenga 200 bari barahungiye mu Rwanda basubiye iwabo

Impunzi 275 zavuye mu mujyi wa Goma zihunga imirwano mu ntangiriro z'iki

RDC: Papa Francis yasabye impande zihanganye guhagarika imirwano

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye impande zihanganye muri

Abatangabuhamya bashinje Mico kugira uruhare mu gitero cyatwaye umunyeshuri

Abatangabuhamya batanzwe n'ubushinjacyaha bashinje Micomyiza Jean Paul alias  'Mico' kuza mu gitero

America yabujije abaturage bayo gukorera ingendo muri DR.Congo

Ambasade ya Leta zunze ubumwe za America i Kinshasa yasohoye itangazo ribuza

Inama idasanzwe ya EAC yasabye Congo kuganira na M23

Abakuru b'ibihugu bya Africa y'Iburasirazuba basabye Perezida Felix Tshisekedi kwegerana n'abarebwa n'ikibazo

Ramaphosa yashinje ingabo z’u Rwanda gufatanya na M23 mu gutera SADC

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa,  yatangaje ko igihugu cyababajwe n’urupfu rw’abasirikare

Abafite ubumuga bagaragaje ko babangamirwa n’imihindagurikire y’ikirere

Abafite ubumuga bw'uruhu bavuga ko babangamirwa n'imihindagurikire y'ikirere, kuko iyo izuba ryacanye

Tshisekedi yagize Brig Gen Somo Kakule umuyobozi wa Kivu ya Ruguru

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yazamuye mu ntera

Inama ya SADC yateranye igitaraganya muri Tanzania

Umuryango  uhuza ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, wakoze inama y’igitaraganya i Dar