Amakuru aheruka

Ruhango na Nyaruguru byagabanyije igwingira mu bana bato, Kamonyi yasubiye inyuma

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Uwimana Consolée yashimiye Akarere ka Nyaruguru ko kagabanyije igwingira ku kigero cya 17%, anenga Kamonyi, Nyamagabe…

UPDATED: ADEPR yirukanye burundu Abapasitori 35

Kigali - ADEPR yirukanye burundu Abapasitori 35 barimo Gakwerere wahamijwe ibyaha bya Jenoside. Itorero rya Pentekoti ry’u Rwanda ryatangaje ko…

Hari ibyo u Rwanda na DR.Congo byemereye America ko bigiye gukora

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyijwe…

Shema Fabrice yasuye Al-Hilal SC yitegura RS Berkane

Mu gihe habura iminsi ibiri gusa ngo Al-Hilal SC yakire Renaissance Sportive de Berkane yo muri Maroc mu mukino wo…

Impamvu zatuma ureba FIFA Series 2026

Mu gihe habura icyumweru kimwe ngo u Rwanda rwakire irushanwa rya FIFA Series 2026, abazagura amatike yo kureba iyi mikino…

Umugabo uheruka gukatirwa igihano gisubitse arakekwaho kwica umugore we

Nyamasheke: Hari umugabo w’imyaka 44 ushakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari babyaranye rimwe. Ni uwo mu mudugudu wa Gitwa,…

- Advertisement -
Ad image