Amakuru aheruka

Kamonyi: Umusore wakubiswe na DASSO nyuma agakurwamo ijisho ari  mu gihirahiro 

Twiringiyimana Aimable utuye mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi uheruka

Rwamagana: IPRC Gishari yaremeye utishoboye warokotse Jenoside

Umuturage witwa Munyaneza Claude warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba atuye

Gahongayire yasubiyemo indirimbo “Hari impamvu pe” hari hashize imyaka 11 ayisohoye

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yasohoye indirimbo

Abacukura amabuye y’agaciro bibukijwe gusubiranya aho bacukura kuko ibidukikije ari inyungu rusange

Mu mahugurwa amaze icyumweru ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA)  hamwe  n’ikigo

Abarimu bavuze ko REB ishakira igisubizo aho kitari mu gukemura ikibazo cy’itangwa ry’akazi

Bamwe mu barimu bo mu mashuri atandukanye yo mu  gihugu bavuze ko

Abanyamakuru bakoreraga kuri YouTube basabye Urukiko rw’Ubujurire gukurikiranwa badafunzwe

*Bamaze imyaka 3 bafunzwe by’agateganyo, ngo “bisa no kurangiza igihano batakatiwe n’Urukiko”

Ibitera bibangamira abatuye Umujyi wa Nyagatare, ngo bisuzugura abagore n’abana

Ibitera bituye mu mashyamba yo mu nkengero z'Umujyi wa Nyagatare bikomeje kuba

Clarisse Karasira yashyirikijwe igihembo n’Inteko y’Umuco

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Kamena 2021 Inteko y’Umuco yashyikirije

Abantu 202,005 bamaze guhabwa doze ya kabiri y’urukingo rwa COVID-19

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda itangaza ko abantu 202,005 bamaze guhabwa doze ya

Kigali: Umunyamategeko Me Bukuru Ntwari ni we wahanutse mu igorofa arapfa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rugikora iperereza ku mpamvu zateye urupfu rw’umuntu

Urukundo rwogere, ubumwe bukomere twizihize ubudasa-Doddy Uwihirwe mu ndirimbo nshya ‘Rwanda’

Doddy Uwihirwe yasohoye amashusho y’indirimbo nshya yerekana ishusho y'imibanire mu Rwanda nyuma

Byukusenge Frodouard “Nzungu” washakishwaga na RIB yatawe muri yombi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 02 Kamena 2021

Uganda: Gen Wamala avuze amagambo akomeye ku bamurashe bakica n’umukobwa we

Minisitiri w’Imirimo n’Ubwikorezi muri  Uganda akaba yarahoze ari Umugaba Mukuru w’Inganbo, Gen

Ruhango: Abagore n’abagabo baraboneza imbyaro ngo babashe kurera neza abana babyaye

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko 65%  by'abagore bagejeje igihe cyo kuboneza

Abafite ubumuga batanze impuruza basaba ko  itegeko risobanura ubumuga ryavugururwa  

Ihuriro ry’Imiryango ishinzwe kurengera abafite Ubumuga mu Rwanda (National Union of Disability