Amakuru aheruka

Nsanzimfura Keddy yongereye amasezerano muri Kiyovu Sports

Nyuma yo kuyifasha kubona umwanya wa gatatu, Nsanzimfura Keddy ukina hagati mu kibuga ajyana imipira imbere, yongereye amasezerano y’imyaka ibiri…

Perezida  Kagame yagiranye ibiganiro n’itsinda ryavuye muri Panama

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry'Abibumbiye mu Muryango w'Abayobozi Bato muri Panama, YPO [Young President's Organization]. Aba baganiriye ku mpinduka u…

Irushanwa ritegurwa na Cucuri ryahumuye

Mu gihe habura igihe kibarirwa ku ntoki ngo irushanwa ‘Esperance Football Tournament 2026’ ritegurwa n’umusifuzi mpuzamahanga, Ishimwe Claude ‘Cucuri’ ritangire,…

Camarade yateye umugongo Bugesera FC yerekeza i Nyagatare

Ubuyobozi bwa Sunrise FC, bwatangaje ko iyi kipe yamaze gusinyisha Banamwana Camarade nk’umutoza mukuru wayo mu gihe cy’umwaka umwe uri…

UPDATE: Amerika yarashe muri Iran mu guhorera indege yahanuwe

Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zagabye ibitero muri Iran mu rwego rwo guhorera indege yabo yo mu bwoko…

Muhanga: Bagabanyije ubukene ku kigero cya 15,0%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko EICV7 igaragaza ko kugabanya ubukene byavuye kuri 33,2% ubu icyo gipimo kikaba kigeze kuri…

- Advertisement -
Ad image