Amakuru aheruka

Ku bihano America iherutse gufata ishobora kongeraho “kwimana visa”

Ibiro bya Leta ya America bishinzwe politiki mpuzamahanga bishobora kuba abayobozi bo mu Rwanda uburenganzira bwo kujya muri icyo gihugu…

Minisitiri Nsengiyumva arahagararira Perezida Kagame mu Nama ya EAC

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yageze Arusha muri Tanzania, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 25 isanzwe…

Amerika n’u Burayi basabye ko ibitero bya drones mu ntambara za Congo bihagarara

Leta zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu byo mu Burayi bavuze ko amakimbirane abera muri Repubulika Ihranaira Demokarasi ya Congo atazakemurwa…

AFC/M23 yakomeje gufata uduce muri Mwenga

Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Congo, muri Kivu y’Amajyepfo yemeza ko inyeshyamba za AFC/M23 zafashe uduce turi mu misozi muri…

Senateri wanze umugambi wa Tshisekedi yubitsweho urusyo

Visi Perezida wa kabiri wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bahati Lukwebo, ari mu mazi abira nyuma yo…

Uruganda rwatwaye arenga miliyoni 688 Frw rumaze imyaka 13 rudakora

NGORORERO: Abaturage baratakambira inzego bireba ko uruganda rw’imyumbati, rwuzuye rutwaye 688,300,000 Frw, rumaze imyaka 13 rutarafungura imiryango, rwashakirwa ibindi rukora…

- Advertisement -
Ad image