Amakuru aheruka

Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bwa Karasira Aimable

Urukiko rukuru rukorera i Kigali rwafashe icyemezo kuri Karasira Aimable Uzaramba alias

Perezida Lourenço yagaragaje ko intambara itazakemura ikibazo cya Congo

Umutwe wa M23 nyuma yo gufata ibice bitandukanye no kugaragaza ko ishobora

Polisi yafashe “abahanuzi” bava i Kigali bakajya mu Ntara “guteka umutwe”

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga yatangaje ko yafashe abagore n'abagabo

Rusizi: Abanyeshuri babiri barakekwaho kugerageza kuroga bagenzi babo

Abanyeshuri biga muri GS Mutongo mu kagari ka Tara, Umurenge wa Mururu,

Umuhanda Nyamasheke -Kigali nturi  nyabagendwa

Polisi y'Igihugu yatangaje ko umuhanda munini unyura mu turere twa Nyamahseke,Huye,Kigali   wafunzwe

M23 yatangaje ko yishe umuyobozi wa Kivu ya Ruguru

Umutwe wa Alliance Fleuve Congo watangaje ko Umuyobozi w'Intara ya Kivu ya

Meya Mulindwa yasabye abajya Goma gukoresha imipaka yemewe

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yasabye abajya i Goma muri Repubulika

Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya “yo gukemura ibibazo”

Perezida Antoine Felix Tshisekedi yayoboye inama yihutirwa yo gukemura ibibazo "une réunion

Gicumbi: Hakozwe umukwabu ku batobora amazu bitwaje intwaro gakondo

Mu karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Byumba, kuwa 23 Mutarama 2025,

Abahoze muri FDLR bavuze uko uyu mutwe wanywanye na FARDC

Abashinzwe imikoranire mu bya gisirikare (Defence Attachés) bahagarariye ibihugu bitandukanye mu Rwanda,

Madamu Jeannette KAGAME yahuye na mugenzi we wa Turukiya

Madamu wa Perezida wa Repubulika ,Jeannette Kagame, yahuye na mugenzi we wa

Rusizi: Umuhanda uhuza u Rwanda,Congo, u Burundi ugiye gukorwa

Guverimeri w'Intara y'Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco yijeje abakoresha  umuhanda wa Kamembe-Nzahaha -Bugarama,unyuzwamo

P. Kagame yagaragaje ko Erdoğan yagira uruhare mu kugarura amahoro mu Karere

Perezida Paul Kagame wasoje uruzinduko rw'akazi muri Turukiya yagaragaje ko Perezida w'icyo

M23 yahaye ubutumwa ingabo za SADC na MONUSCO

Inyeshyamba za M23 zirimo kurwanira mu nkengero z’umujyi wa Goma zaburiye ingabo

Abaregwa kwica umunyerondo barasaba kugirwa abere

Urukiko Rukuru urugereko rwa Nyanza rwaburanishije ubujurire abagabo batatu bo mu karere