Imikino

Minisports yihanganishije umuryango wa Kenrik wapfuye

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yihanganishije umuryango wa Kenrik Kabano n’umubyeyi we, Rosine Kabano, bapfuye bazize impanuka yabereye muri Leta…

Aziz Bassane yafatiwe ibihano n’ikipe ye

Ubuyobozi bwa Rayon Sports yahagaritse Aziz-Bassane kubera imyitwarire mibi imaze iminsi igaragara kuri uyu munya-Cameroun. Ni ibihano byafashwe nyuma y’umukino…

Musanze FC yareze Imurora Japhet ‘Match fixing’

Nyuma y’uko humvikanye amajwi bivugwa ko ari aya Imurora Japhet usanzwe ari umutoza wungirije w’Amagaju FC akanaba n’Ushinzwe Ubuzima bwa…

Bekeni yibukije APR FC ko atari ikipe nkuru

Nyuma yo gutsinda ikipe y’Ingabo ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda , umutoza wa Etincelles…

Rayon Sports yibutse abayikiniye bazize Jenoside

Umuryango wa Rayon Sports n’abakunzi bawo by’umwihariko abatuye mu Karere ka Rubavu, wibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi…

Haringingo yabuze ingingo zimukura i Rubavu

Nyuma yo gutangira gutoza ikipe ya Rayon Sports, umutoza, Haringingo Francis Christian ‘Mbaya’, yakuye inota rimwe kuri Rutsiro FC mu…

- Advertisement -
Ad image