Imikino

Ka-Boy yaguzwe n’ikipe yo mu Bushinwa

Nyuma yo kwitwara neza muri Shampiyona y’Abagore y’Umupira w’Amaguru muri Tanzania, Mukandayisenga Jeannine ‘Ka-Boy’, yaguzwe na Wuhan Jiangda Women FC…

Maroc igeze muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi

Ikipe y'igihugu ya Maroc/Morocco yo ku mugabane wa Africa ibimburiye izindi kugera muri 1/4 cy'imikino y'Igikombe cy'Isi ibera muri Mexico,…

Nshimiyimana Yunussu yongereye amasezerano muri APR FC

Ikipe y’Ingabo yatangaje ko myugariro wayo, Nshimiyimana Yunussu yamaze kongera amasezerano y’imyaka ibiri. Ni amakuru yemeje ku wa 3 Nyakanga…

Cabo Verde ntizibagirana mu gikombe cy’Isi – Isezerewe na Argentina bigoranye

Indi kipe ihagarariye umugabane wa Africa irasezerewe mu mikino y'igikombe cy'Isi, gusa uko ivuyemo bamwe mu bakurikirana umupira w'amaguru bemeza…

Police FC yahaye inshingano Rutsindura Antoine

Ubuyobozi bwa Police FC, bwatangaje ko Rutsindura Antoine usanzwe ari umwarimu w’abatoza (instructeur), yagizwe Umuyobozi wa Tekiniki w’iyi kipe. Ni…

Ubukwe bwa Camarade bwashyizwe muri Nzeri

Nyuma yo kwambika impeta umukunzi we, Mudacumura Sunny Fabiola amusaba kuzamubera umugore, Banamwana Camarade utoza Sunrise FC yatangaje ko ubukwe…

- Advertisement -
Ad image