Imikino

Gasabo: Amashuri azahagararira Akarere muri “Ligue Centre I” yamenyekanye

Ubwo hasozwaga imikino y’amashuri yisumbuye mu irushanwa riyahuza rizwi nka “Amashuri Kagame

Umwuka mubi uri muri Kiyovu Sports ukomeje kuyisonga

Nyuma yo kuba yaragize ibibazo biyigejeje ku mwanya wa nyuma kugeza aho

Ingufu Gin yahembye Munyaneza wahatanye mu gace ka mbere ka #TdRwanda2025

Guhera tariki 23 Gashyantare 2025 kugeza ku wa 2 Werurwe uyu mwaka,

Amputee Football: Shampiyona igeze mu mahina

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru ikinwa n’Abafite Ubumuga (Amputee Football) iri kugana

Gasogi United yasonze mu gikomere cya Kiyovu Sports

Ibitego 2-1 bya Gasogi United, byatumye ikipe ya Kiyovu Sports itakaza umukino

Lawal Abubakar waciye muri AS Kigali yitabye Imana

Umunya-Nigeria wakiniraga Vipers SC yo muri Uganda, Lawar Abubakar, yitabye Imana azize

Fall Ngagne agiye kumara igihe hanze y’ikibuga

Bitewe n’imvune yo mu ivi yagiriye mu mukino w’umunsi wa 18 wa

Min Nduhungirehe yakeje Mukura yivunnye APR FC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimiye umuryango mugari wa Mukura VS nyuma

Basketball: U Rwanda rwakatishije itike y’Igikombe cya Afurika

Nyuma yo gutsinda Gabon amanota 81-71, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umukino w’intoki

Walking-Football: U Rwanda rwagaritse Nigeria

Mu mukino wa gicuti w’umupira w’Amaguru ukinwa n’abakuze kandi bagenda bisanzwe uzwi

Isaha irenga aganirwaho! Robertinho arabara ubukeye muri Rayon

Umunya-Brésil, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ utoza Rayon Sports, arabara ubukeye

Rayon Sports yongeye kubabarira i Huye

Igitego cya Fall Ngagne ku ruhande rwa Rayon Sports n'icya Useni Kiza

Misiri yatsindiye Amavubi y’Abagore i Kigali – AMAFOTO

Mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’Abagore

Amavubi y’Abagore yibukijwe ko Igihugu kibashyigikiye

Mbere y’uko ikipe y’Igihugu y’Abagore y’Umupira w’Amaguru (She-Amavubi), ihura na Misiri mu

Kiyovu Sports na Sugira bari gukina kwihishanya

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse na rutahizamu w’iyi kipe, Sugira Ernest, bakomeje