Inkuru Nyamukuru

I Kanombe ijerekani y’amazi iragura amafaranga 800

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga n’utundi duce twa Kanombe mu Karere ka Kicukiro bavuga ko babangamiwe n’ibura ry’amazi, aho…

Umutekano n’imiyoborere myiza ni inkingi y’ibyagezweho byose – Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame avuga ko igihugu cyubakiye ku mutekano w’abaturage bityo nta terambere ryagerwaho udahari, yavuze ko abagize uruhare mu…

#Kwibohora32: PL yasabye urubyiruko kurinda ibyagezweho

Mu gihe u Rwanda rwizihiza ku nshuro ya 32 Umunsi wo Kwibohora, Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu (PL)…

Brig Gen Karuretwa yasabye abari mu Itorero Indangamirwa kujyana n’icyerekezo cy’u Rwanda

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare, , Brig Gen Patrick Karuretwa,yasabye abitabiriye Itorero…

Perezida Chapo ashima uko u Rwanda rwarwanyije iterabwoba muri Mozambique

Perezida wa Mozambique akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo za Mozambike (FADM), Daniel Francisco Chapo, yashimye uruhare rw’inzego z’umutekano z’u Rwanda zagize…

Kigali – Abantu 10 bagwiriwe na ‘clôture ‘

Abantu 10  bari mu bikorwa byo kubaka  ,bagwiriwe na clôture y’inyubako y’igorofa bari begeranye, umuntu ahita yitaba Imana. abandi  barakomereka.…

- Advertisement -
Ad image