Ibiza bimaze gutwara ubuzima bw’abantu 11 – MINEMA
Minisitiri y'ibikorwa by'ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko abantu 11 bamaze kwicwa n'ibiza abandi…
UK itegereje icyemezo cy’urukiko ngo abimukira ba mbere boherezwe mu Rwanda
Guverinoma y'Ubwongereza (United Kingdom, UK) ku cyumweru yatangaje ko mu mezi make…
Ferwafa igiye gukora umwiherero wo kwisuzuma
Abakozi b'Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, bagiye gukora umwiherero wo kugira ibinozwa…
Tumukunde uri mu byishimo byo kuba Miss Uganda, yashimiye abamutoye
Mu mpera z’iyi cyumweru, muri Uganda babonye Miss 2023-2024 ni umukobwa witwa…
Ruhango: Ikirombe cy’amabuye y’agaciro cyatwaye ubuzima bw’umuntu
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Kabagari buvuga ko hari umugabo wagwiriwe n'ikirombe cy'amabuye y'agaciro…
Kigali – Ubwongereza buzatanga miliyari 60Frw mu mushinga w’ubwubatsi i Gahanga
Ubufatanye mu byo kohereza abimukira no kurwanya icuruzwa ry’abantu, ni amasezerano ari…
DRC: Igitero cya ADF cyahitanye abasivili benshi
Inyeshyamba z'umutwe w'iterabwoba wa ADF ubarizwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi…
Musanze: Urubyiruko rwa FPR-Inkotanyi rwategujwe kwakira inshingano bakiri bato
Urubyiruko rushamikiye ku muryango wa RPF Inkotanyi mu Karere ka Musanze, rwasabwe…
Congo yongeye kurira ishinja M23 kutarambika intwaro hasi
Mu gahinda kenshi, Guverineri wa Kivu ya Ruguru, Lt Gen Constant Ndima,…
USA: El Dushime na Clarisse Karasira bahuje inganzo mu gisigo bise “Turaziranye”- Cyumve
Umuhanzi nyarwanda uzwi ku mazina ya El Dushime yashyize hanze igisigo yakoranye…
Perezida Putin yatunguranye asura umujyi wo muri Ukraine
Ibitangazamakuru bya Leta mu Burusiya byatangaje ko Perezida, Vladimir Putin yasuye atunguranye…
Rusizi: Umutekano muke muri Congo watumye icyambu cyo ku Nkombo gifungwa
Abatuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bavuga ko bagorwa no…
Ruhango: Umugabo yashatse gutema umugore we umuhoro ufata umwana
Umugabo witwa Yamfasha Narcisse yaraye atemye umwana we mu mutwe no mu…
Gikondo: Imiryango yabanaga binyuranyije n’amategeko yakorewe ibirori bihebuje-AMAFOTO
Imiryango 17 yo mu Murenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro yabanaga…
Rwanda & Burundi: Mu bushobozi bwa ba Guverineri ntibafunguye imipaka ariko hari imyanzuro bafashe
Rusizi: Mu nama yahuje abayobozi b'Intara y'Iburengerazuba, Intara y'Amajyepfo zo mu Rwanda…