Inkuru Nyamukuru

Gen Kabarebe yasobanuye impamvu ikomeye atatwerereye umukinnyi Byiringiro Lague

Umuyobozi w'ikirenga w'ikipe ya APR FC, Gen James Kabarebe yavuze amagambo akomeye

Rayon Sports ihagaritse Masudi Djuma wari umutoza ibintu bitaradogera

Irambona Masudi Djuma wari umutoza wa Rayon Sports, yahagaritwe nyuma y’umusaruro mubi

Dr Nsanzimana yahagaritswe ku buyobozi bwa RBC “ngo hari ibyo akurikiranyweho”

Uwari umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy'ubuzima, RBC, Dr. Sabin  Nsanzimana yahagaritswe kuri

Nyanza-Nyagisozi: Abahinzi b’urutoki barataka igihombo baterwa n’indwara yitwa Kabore

Bamwe mu bahinzi bo mu bice bitandukanye byo mu Murenge wa Nyagisozi

Huye: Bamaze imyaka basaba guhabwa amazi meza n’amashanyarazi

Abatuye Utugari twa Gisakura na Nyangazi mu murenge wa Simbi mu karere

Burundi: Gereza ya Gitega yahiye, birakekwa ko benshi bahasize ubuzima

Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Gereza ya Gitega mu Burundi yibasiwe

Abasaga 10.000 bamaze guhabwa urukingo rwa Gatatu

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu bangana 10.985 bamaze guhabwa urukingo rushimangira hagamijwe

U Rwanda rwahawe inkunga y’inkingo za Covid-19 zigera ku bihumbi 165

Doze zisaga ibihumbi 165,600 z’inkingo za Covid-19 zahawe u Rwanda nk’inkuga itanzwe

Abanyarwanda 35 birukanywe na Uganda bageze mu Rwanda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere abanyarwanda 35 bari bafungiye muri

Kicukiro: Abo muri ADEPR Gashyekero bibukijwe ko ubukristu bubanzirizwa na “Ndi umunyarwanda”

Abayobozi mu Itorero rya ADEPR Gashyekero mu Murenge wa Gikondo mu Karere

Umudepite yasabye ko ibisheke bihinze mu gishanga cya Nyabarongo bisimbuzwa imboga

Abadepite batanze inama ko ibisheke bihinze mu kibaya cy’uruzi rwa Nyabarongo bihava

Urubanza rw’ubujurire rw’Umunyamakuru Jado Castar rwasubitswe

Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko Rukuru hari hateganyijwe urubanza rw'ubujurire rw'Umunyamakuru

Perezida Kagame yasabye ibihugu bya Afurika gufatana urunana bakicyemurira ubuke bw’inkingo

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yasabye ibihugu by’ Afurika kunga ubumwe mu

Karongi: Arakekwaho kwica umukobwa wamuhaye amafaranga ngo bashakane

Umusore wo mu Murenge wa Rugabano mu Karere ka  Karongi n'abandi basore