Inkuru Nyamukuru

IGP Munyuza ari i Kinshasa mu nama ya EAPCCO

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari i Kinshasa

Kayonza: Hatangijwe umushinga wo gutera ibiti by’imbuto ibihumbi 400 mu kurwanya inzara

Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2021, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Gerardine

Dr Habumuremyi yasohotse gereza yari amazemo umwaka urenga

Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Kane tariki

Amajyepfo: Umwaka w’amashuri utangiye bishimira ibyumba by’amashuri 4,292 byuzuye

Mu ruzinduko rw'umunsi umwe, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yakoreye mu Karere

Menya ibikubiye mu mabwiriza ya RDB agenga ifungurwa ry’utubyiniro n’ibitaramo

Nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri ikomoreye ibikorwa by’imyidagaduro n’iby’ubukerarugendo, Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB

Kigali: Abubaka mu tujagari badafite impushya basabwe kwirengera ingaruka

Ni kenshi mu itangazamakuru hagiye humvikana inkuru z’abaturage basenyerwa inzu ubuyobozi buzishinja

Gisozi: Babangamiwe n’Insoresore zambura abantu

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gisozi, Akagari ka Musezero, Umudugudu

CP Kabera yakuriye inzira ku murima abinubira Camera zo ku muhanda

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu CP-John Bosco Kabera yavuze ko kuba abantu bakomeje

Umukobwa n’abandi bantu 5 batangaza amakuru kuri YOUTUBE batawe muri yombi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze abantu batandatu batangaza amakuru bakoresheje

Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe YABABARIWE

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya

Umujyi wa Kigali ufite umukoro wo kubaka imihanda ya kaburimbo ibirometero 1,900

Mu bigaragaza ko umujyi utera imbere ni ibikorwaremezo biwugize, muri byo harimo

Ingendo ziremewe kugeza saa sita z’ijoro, Menya Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri

Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika yigije inyuma isaha yo

Muhanga: Abadepite basanze ibyangombwa by’ubutaka birenga ibihumbi 27 bitarahabwa banyirabyo

Mu ruzinduko Abadepite bagize Komisiyo y'ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n'ibidukikije bakoreye mu Karere

Kigali: Abarimo Abanyamakuru bahuguwe ku burenganzira bwa muntu

Bamwe mu  banyamakuru bo mu Rwanda ndetse na bamwe mu bakozi  b’imiryango 

Urukiko rwasubitse urubanza rw’abayoboke ba Islam baregwa ibyaha birimo icy”Iterabwoba ku nyungu z’idini”

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri I Nyanza mu