Mu cyaro

Muhanga: Insengero zo mu Mujyi zafunzwe mu gihe cy’ibyumweru 2, Covid-19 irafata intera

Iki cyemezo cyo guhagarika Insengero zo  Mujyi wa Muhanga, no gusaba ko

Burera: RIB ifunze umusore ucyekwaho gusambanya umukecuru w’imyaka 61

Urwego Rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwemeje amakuru y'uko rwataye muri yombi umusore wo

Yifuza ko bapima intanga z’abagabo bagiranye na we amakimbirane hakamenyekana uwamuhohoteye

*Abaturage bavuga ko uwo ashatse amuhimbira ibyaha bakamufunga *Umuyobozi w'Umudugudu yishinganishije ku

Gicumbi: Umurenge wa Rutare aho amazi yari ingume ubu yarahageze

*Kugira ngo bavome banagire ikindi bakora babyukaga saa munani z’ijoro bajya mu

Nyanza: Ihagarara ry’igitaramo ‘I Nyanza Twataramye’ ryateje igihombo kuva ku mahoteli kugera ku banyonzi

Mu Kiganiro n'itangazamakuru cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu kabiri, taliki ya

Muhanga: Abayobora isoko rishya bagiye kureba uko abacuruza imboga n’imbuto barindwa Izuba

Nyuma y'uko bamwe mu bacururizaga imboga n'imbuto mu igorofa ry'inyuma y'isoko rishya

Urubyiruko rw’abakorerabushake baremeye umuryango w’uwarokotse Jenoside utagira aho uba

Karongi: Ni igikorwa bakoze nyuma yo gukora urugendo ndetse no gusura urwibutso

Ngoma: Abantu 11 bafashwe basengera mu ishyamba barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid 19

Abaturage bababonye basenga bitemewe ni bo batanze amakuru maze ubuyobozi bw’inzego z'ibanze

Umuturage uvuga ko agiye kumara imyaka 15  Gitifu amuhuguje inka — Uko byagenze

Muhanga: Nzitirwanimana Dismas wo mu M urenge wa Rongi, Akagari ka Nyamirambo,

UPDATED: Abakiristu na Padiri bari bajyanywe kuri Stade Ubworoherane barekuwe batanze amande

UPDATE: Umuseke waje kumenya ko abantu bajyanywe kuri Stade Ubworoherane y'i Musanze

Gicumbi: Umusore yakuye igitsina mu ipantalo asohorera ku mugore w’abandi mu isoko rwagati

Umusore w'imyaka 22 wo mu Karere ka Gicumbi mu isoko rwagati rya

Rusizi: Mwarimu yafatiwe mu cyuho asambanya umunyeshuri yigisha – Uko byagenze

Umwarimu witwa Paulin w'imyaka 35 y'amavuko wigisha muri Groupe Scolaire Saint Nicolas

Ngoma/Rukumberi: Barishimira intambwe bagezeho mu bumwe n’ubwiyunge

Mu Murenge wa Rukumberi, mu Karere ka Ngoma, hateguwe ibiganiro by’isanamitima ku

Rusizi: Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we w’imyaka 13

Umugabo witwa Felix w'imyaka 45 ukora akazi k’ubushoferi ku rukiko afunzwe akurikiranyweho

Muhanga: Ikibazo duhanganye nacyo ni icy’ abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe abatutsi -CNLG

Mu muhango wo gushyingura imibiri 1093 y'abatutsi biciwe iKabgayi no mu nkengero