Mu cyaro

Gasabo: Umugabo yategeye umugore we mu nzira aramwica, ubu ntarafatwa

Umugabo wo mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, yategeye umugore

Irondo ryafashe umugabo ukekwaho kwica umwana we “ngo atamuvamo kuko yari yibye ihene” 

Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Karere ka Ngoma yatawe muri yombi

Ruhango: Abasore n’inkumi batangiye urugendo rwo kujya mu ijuru n’amaguru

*Umwe yavuze ko yapfuye muri we hazukiramo undi muntu ku buryo uwo

Muhanga: Umuforomo avugwaho guha impapuro mpimbano abarwaye COVID-19 bagataha

*Uyu muforomo yavunitse ivi asimbutse igipangu ubwo yari agiye gufatwa Umuforomo mu

Guverineri Habitegeko yihanije abimurira utubari mu ntoki no mu ishyamba

Karongi: Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba Habitegeko François yasabye abatuye Akarere ka Karongi, gushyira

Ngororero: Umugabo yakubise ifuni umugore we ahita atoroka

Baraturwango François wo mu Murenge wa Ndaro, mu Karere ka Ngororero ari

Abashoferi 4 bavanaga abantu i Kigali rwihishwa babajyanye mu Ntara y’Iburasirazuba bafatiwe nzira

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rwamagana yerekanye abashoferi bane batwara abagenzi

Nyanza: Aho DASSO yakubitiwe kubera kanyanga yongeye kuhagaragara

Mu Mudugudu wa Gatongati, mu Kagari ka Karama mu Murenge wa Cyabakamyi,

Umushoferi wa Nyanza Milk Industries yishwe n’impanuka y’imodoka y’uruganda

Ruhango: Impanuka y'imodoka y'uruganda rutunganya amata rw’i Nyanza yaguyemo umushoferi w'iyo modoka,

Musanze: Habonimana wari urwariye Covid-19 mu rugo yasanzwe mu nzu yapfuye

Mu Kagari ka Cyabagarura, mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze

Rubavu: Bamwe muri ba ba Gitifu b’utugari 7 baravuga ko begujwe ku gahato

Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b'Utugari 7 two mu Karere ka Rubavu barijujutira

Ngororero: Justin Nsengimana yakoze indirimbo irwanya ibyangiza icyogogo cya Sebeya

Umuhanzi Justin Nsengimana ukomoka mu Karere ka Ngororero mu Murenge wa Muhanda

Ngoma: Umwarimu wakosoraga ibizamini yasanzwe mu nzu yapfuye

Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Ngoma mu Ntara y'Uburasirazuba, mu

Bugesera: Umugabo n’Umugore bumvikanye kwica umwana wabo bakamutaba mu rufunzo

Iradukunda Jean d'Amour n'Umugore we Mujawimana Diane bashinjwa gutaba mu rufunzo uruhinja

Burera: Polisi yafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi

Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano