Mu cyaro

Gufasha uwahohotewe afite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ni ingorabahizi ku bakozi ba Isange

Huye: Bamwe mu bakozi bakora muri Isange One Stop Center (ifite inshingano

Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho ubufatanyacyaha mu gusambanya abana

Muhanga: Umuvugizi w'urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha, Dr Murangira B.Thiery yavuze ko bakurikiranye Umuyobozi

Ruhango:Imiryango 24 y’abarokotse yahawe ibiryamirwa n’intebe, ivuga ko igisigaye ari  ukuboroza

Imiryango 24 y'abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata yo mu 1994, yatujwe

Ikiguzi cy’amazi amashuri akoresha cyariyongereye, basabye Guverineri Habitegeko kubavuganira

Ku itariki 21 na 22 Kamena 2021 umufatanyabikorwa w'Intara y'Iburengerazuba, World Vision

Muhanga: Umusore yarohamye muri Nyabarongo avanye inzoga mu kandi Karere

Umusore uri mu kigero cy'imyaka 19 yarohamye muri Nyabarongo  avuye kuzana inzoga

Rubengera basabwe kwinjiza ibucuruzwa byabo mu nzu ngo hanze biteza umwanda, abacuruzi ntibabyumva

*Ubuyobozi buvuga ko ari mu rwego rwo kwimakaza isuku *Abaturage bo bakavuga

Rusizi: Inyigo yo kwagura Urwibutso rwa Nyarushishi yageze ku musozo

Nyuma y'aho abafite ababo bashyinguwe mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw'i

Rulindo: Baratabaza inkende zo mu ishyamba rya GBK zibonera imyaka ntihagire igikorwa

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Burega mu Karere ka Rulindo

Baratabariza umwana utagira umwenge usohora imyanda iva mu mubiri

*Abaganga bawushyize ku nda ariko ntibyatanze igisubizo kirambye *Umwana bagenzi be bamuha

Ubuhamya bwa Muhoza wabyaye abana 2 bafite ubumuga bw’uruhu umugabo akamuta

Abenshi bibaza ko abana bafite ubumuga bw’uruhu bavukira mu miryango ikennye, umuryango

Nyamasheke: Imiryango 20 yasenyewe n’umuyaga muri 2018 ishima ko ubu itekanye mu nzu nshya yatujwemo

Abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Ruharambuga, mu Kagari

Amajyepfo:Abaturage badohotse ku ngamba zo kurwanya Malariya abayirwaye bihariye 32% 

Ubushakashatsi bwakozwe n'Ikigo cy'igihugu cy'ubuzima (RBC) ku bufatanye n'urugaga rw'amadini mu kubungabunga

Rulindo: Umuyobozi w’ishuri ryigenga yasanzwe mu nzu yapfuye

Dukuzimana Peter Celestin wari umuyobozi w'ishuri ryigenga ry'inshuke rya Ntare Education for

Umwana w’umukobwa amaze imyaka 5 aryamye iwabo arwaye umugongo, akeneye ubufasha

*Iwabo basabwa kwishyura miliyoni 1.5Frw ngo umwana avurwe akire, bafite Frw 400,

Rusizi: Umuhungu w’imyaka 17 bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye

Ku mugorowa wo ku wa Mbere umusore w’imyaka 17 wigaga mu mashuri