Mu cyaro

Rubavu: Abacuruzi b’imyembe bakoze igisa n’imyigaragambyo

Abacuruzi b’imyembe mu isoko rya Rugerero mu Karere ka Rubavu bakoze igisa

Rutsiro: Yapfuye ari gusarura ibishyimbo

Uwamahoro Jeanine  w'imyaka 34 wo mu karere ka Rutsiro, ubwo yasaruraga ibishyimbo

Ruhango: Abitwaje intwaro gakondo bakomerekeje abaturage barenga 10

Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abaturage barenga 10 abagera kuri 6 bari

Amajyepfo: Abikorera bihaye umukoro wo kuvugurura imurikagurisha

Ubwo hatangizwaga imurikagurisha ryo mu Ntara y'Amajyepfo ryabereye mu Karere ka Muhanga, 

Rwamagana: Umusore yafatanwe abangavu babiri yari amaranye icyumweru iwe

Nizeyimana Sulaiman w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka

Nyagatare: Inka zibwe muri Tanzania zigiye gusubizwa bene zo

Ubuyobozi ku ruhande rw’u Rwanda bugiye gushyikiriza igihugu cya Tanzania inka 11

Kayonza: Bahize kuba ipfundo rya serivise inoze mu mahoteli n’ubukerarugendo

Kuri uyu wa gatatu mu karere ka Kayonza , murenge wa Rwinkwavu

Ku kirwa cya Kirehe ubwato bwari ingobyi y’abarwayi bwarashaje

NYAMASHEKE: Abaturage 1143 batuye mu ngo 204 ku kirwa cya Kirehe kiri

Gakenke: Bagiye kuryama atwite inda y’imvutsi bukeye barayibura

Gakenke: Umukobwa w’imyaka 27 arakekwaho gukuramo inda, umwana akamuhisha mu ndobo, amakuru

Giti: Bahigiye kurandura Malaria burundu

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Giti, mu Karere ka Gicumbi

Muhanga: Batewe ubwoba n’ikiraro kibangamiye urujya n’uruza -AMAFOTO

Abatuye utugari twa Sholi na Ngarama mu Murenge wa Kabacuzi mu karere

Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri Congo mu buryo butazwi

Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred yasabye abatuye mu mirenge ihana imbibi na Repubulika

Imirambo y’abana babiri b’abahungu yatowe muri Nyabarongo 

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga, buvuga ko bwatoraguye imirambo

Musanze: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi banyuzwe n’iterambere bari kugeraho

Bamwe mu Banyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu Karere ka Musanze, bavuga ko

Muhanga: Polisi yashyikirije inzu 2 yubakiye abatishoboye

Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Muhanga yashyikirije inzu 2 yubakiye  umukecuru