Ubukungu

U Rwanda rugiye Kwita Izina abana b’Ingagi 23 

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere,RDB, cyatangaje umuhango wo kwita izina abana b’ingagi 23 ugiye

U Rwanda mu nzira yo gukemura ibibazo biri mu gutunganya impu

Abatunganya ibikomoka ku mpu bavuga ko kuba mu Rwanda nta buryo bunoze

Abakoresha internet mu Rwanda bagiye gushyirwa igorora

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo ivuga ko hari umushinga yatangiye, ku buryo mu

Abahinzi b’imbuto n’imboga  bahawe  inkunga ya Miliyoni 150  z’ama Euro  

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Kanama 2023,Ikigo  GoodWell Investments cyahaye

Perezida Kagame yatashye uruganda rwa sima rwuzuye i Muhanga

Perezida Paul Kagame ubwe yagiye gutaha uruganda rwa Sima rwuzuye i Muhanga,

Inama y’Abaminisitiri yikije ku rusaku rubangamira Abaturarwanda nijoro

Inama y'Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro, yanzuye ko ibikorwa na serivisi byose

Muhanga: Huzuye uruganda rwa Sima ruzajya rutanga toni 3000 buri munsi

Uruganda rutunganya sima, ANJIA Prefabricated Construction ruratangira kuyitunganya no kuyishyira ku isoko

INYANGE na Tetra Pak bamuritse ikoranabuhanga rya “UHT” ryongera ubuziranenge bw’amata

Hatangijwe ubukangurambaga bugamije kumenyekanisha akamaro ko kunywa amata atunganyije hifashishijwe ikoranabuhanga rya

WASAC yarondoye uruhuri rw’inzitizi ziyihoza mu bihombo

Imbere y'Abasenateri bagize Komisiyo y'iterambere ry'imari n'ubukungu, Umuyobozi w’agateganyo wa WASAC Umuhumuza

Ingurube itungo rikomeje kureshya abantu no kuba isoko y’ubukire

Kuva ku wa 21 Nyakanga 2023, Ntarama Pigs Farming on Grand Scale

Kigali: Ibihugu 16 byitabiriye imurikabikorwa ry’ubuhinzi n’ubworozi

Kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Nyakanga 2023, hatangijwe ku mugaragaro imurikabikorwa

Hatangijwe ikigega cyo kuzamura abakennye kurusha abandi

Leta y'u Rwanda n'igihugu cy'u Budage batangije ikigega cyasaga miliyari 20 y'u

“Nta muryango w’iwacu wubatse iyi nzu ariko ngiye kuyiryamamo,” ibyishimo by’umuturage

Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare, mu Murenge wa Karangazi bagaragaje ibyishimo

Gicumbi: Hatanzwe ibikoresho ku banyeshuri barangije kwiga imyuga

Kuri uyu wa 13 Nyakanga 2023 abanyeshuri baturutse mu mirenge itandukanye y'akarere

Havuguswe umuti ku kibazo cy’inkoko zapfaga umusubirizo

Mu Rwanda hatangijwe uburyo bwo gukingira inkoko inshuro imwe zikiri imishwi mu