Browsing category

Ubutabera

Urubanza rw’umukire uregwa kwigwizaho imitungo rwasubitswe

Urubanza rw’umukire uregwa kwigwizaho imitungo rwasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwasubitse isomwa ry’urubanza rw’umukire witwa Niyitegeka Eliezer wo mu karere ka Nyanza ukekwaho icyaha cy’iyezandonke, kunyereza imisoro n’ibindi. Byari biteganyijwe ko icyemezo cyajuririwe n’ubushinjacyaha cyafunguye by’agateganyo Umukire Eliezer gisomwa. Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko urukiko rwisumbuye rwa Huye rushingiye ko dosiye ya Eliezer Niyitegeka ari ndende ariyo mpamvu rwafashe icyemezo cyo […]

Abasore n’inkumi “bamburaga abantu babizeza akazi” RIB yabacakiye (VIDEO)

Abasore n’inkumi “bamburaga abantu babizeza akazi” RIB yabacakiye (VIDEO)

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha,RIB, rwafunze Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane bakurikiranyweho gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya hamwe n’iyezandonke. RIB ivuga ko iperereza ry’ibanze rigaragaza ko Mungaruriye yafunguje ibigo by’ubucuruzi (company) byizeza abantu kubashakira akazi muri serivisi zitandukanye ariko babanje kwishyura amafaranga bikarangira nta kazi babonye. Iperereza kandi […]

RIB yataye muri yombi abayobozi babiri bo mu Karere ka Nyaruguru

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Ndungutse Leon, Umuyobozi w’imirimo rusange mu Karere ka Nyaruguru na Amahe Arthur ushinzwe imibereho myiza muri ako Karere. Mu butumwa bwo kuri X, RIB yavuze ko aba bombi bacyekwaho ubufatanyacyaha mu kunyereza umutungo ndetse no gukoresha inyandiko zitavugisha ukuri. Bakekwaho kunyereza amafaranga angana 3,308,000frw yari agenewe gukurikirana ibikorwa […]

Byari amagasa ! Umusore wahamijwe gusambanya umwana – yasabye kurekurwa “ngo yabikoze n’umuntu mukuru”

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwahamije umusore icyaha cyo gusambanya umwana akatirwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 20, none kuri ubu arasaba kugirwa umwere kuko avuga ko yasambanye n’umuntu mukuru. Uriya musore wahamijwe icyaha yitwa Ugiyecyera Bernard aho yafunzwe afite imyaka 20. Yajuririye igihano yahawe mu rukiko rukuru urugereko rwa Nyanza. Mu rukiko ari kuburana ubujurire, Bernard yaranzwe […]

Urubanza rwa Muhizi  wamenyekanye arega BNR kuri Perezida Kagame rwasubitswe ku nshuro ya Gatatu

Me(Maître) Katisiga Rusobanuka Emile ureganwa na Muhizi Anathole wamenyekanye arega Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) kuri Perezida Paul Kagame yihannye umucamanza wari ugiye kumuburanisha, urubanza rurasubikwa. Abaregwa bose ndetse n’ubushinjacyaha bari bitabiriye iburanisha mu Rukiko rukuru urugereko rwa Nyanza aho bajuririye igihano bakatiwe. Anathole Muhizi yagaragaje imbogamizi ko urubanza rwe ruhabwa abacamanza batandukanye maze hakabaho […]

Nyanza: Umwarimu akurikirwanyweho gusambanya umunyeshuri

Umwarimu witwa Hubert Nsekanabo w’imyaka 38 wigisha mu mashuri abanza mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri w’imyaka 16wigaga ku ishuri yigishaho. Mwarimu Nsekanabo yigishaga mu mashuri abanza kuri G.S Ruyenzi riherereye mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza. Abahaye amakuru UMUSEKE bavuze ko mwarimu bikekwa ko yasambanyije uriya mwana mu […]

Muhanga: Umuturage yagwiriwe n’ubwanikiro

Asifiwe Emmanuel w’imyaka 16 y’amavuko wo mu karere ka Muhanga, kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025,yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori, bimuvuramo urupfu. Amakuru avuga ko yari arinze ubwo bwanikiro buherereye  mu Kagali ka Makera, Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.  Umwe mu baturage bari aho impanuka yabereye yabwiye Imvaho Nshya  ati“Nk’ibisanzwe iyo twasaruye […]

Rulindo: Icyenda bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe

Abagabo icyenda bafashwe na Polisi y’u Rwanda mu Mirenge ya Base, Rukozo na Cyungo yo mu Karere ka Rulindo, bari mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Bafashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa 15 Werurwe 2025, ahagana saa 2h00-4h40, biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage ku bufatanye na polisi ikorera muri aka Karere, […]