Nyanza: Umubyeyi wabyaye abana batatu arasaba ubufasha
Umugore wo mu karere ka Nyanza wabyaye abana batatu basanga abandi batatu…
Abanyarwandakazi barasabwa kwipimisha kanseri zikunze kubibasira
Inzego z'ubuzima zakanguriye Abanyarwanda kwisuzumisha hakiri kare indwara ya kanseri y'ibere na…
Kayonza: G.S Gishanda ku isonga mu isuku n’uburere
Kwigira ahantu heza hari isuku, umwuka mwiza kandi hatarangwa umwanda ni bimwe…
Munyakazi Sadate yateye utwatsi ibyo guha abangavu imiti ibabuza gusama
Munyakazi Sadate yatangaje ko guha abana b’abakobwa imiti ibabuza gusama, ari uguta…
Ibyago byo gukoresha inkari n’amazirantoki ku gufumbira imyaka
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyagiriye inama abahinzi ko badakwiye…
Nyanza: Bayobotse kuvoma amazi y’ibishanga, ivomo bahoranye rimaze amezi ridakora
Abaturage batuye mu murenge wa Busasamana, mu karere ka Nyanza barasaba ko…
Kamonyi: Umubyeyi yapfiriye ku nda mu nzira ajya kubyara
Nagahozo Devotha Umubyeyi w'Imyaka 35 y'amavuko yafashwe n'ibise mu gitondo ashatse kujya…
Abarumwa n’inzoka bakirukira mu bagombozi baburiwe
Ikigo cy’igihugu Gishinzwe ubuzima mu Rwanda, RBC, kirasaba abantu kwihutira kujya kwa…
Gisagara ntikirangwamo amavunja
Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara mu Ntara y'Amajyepfo y'u Rwanda bwemeza ko indwara…
Hanyomojwe ibivugwa ko Covid-19 yagarutse mu Rwanda
Abanyarwanda basabwe kudaha agaciro ibihuha bikomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko…
Hatangijwe uburyo bushya bwo kurandura igwingira mu Rwanda
Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda yatangije gahunda nshya yo gutanga inyunganiramirire ikomatanyije ku…
Hagiye kuba amarushanwa yo guhashya ubusinzi azahemba agatubutse
Mu Rwanda hagiye gutangizwa amarushanwa mu mashuri makuru na za kaminuza, agamije…
Huzuye ibitaro by’indwara zo mu mutwe zibasiye Abaturarwanda
Nyuma y'ubushakashatsi bwa RBC buherutse kugaragaza ko umuntu umwe muri batanu mu…
Dr Gamariel nyuma yo kuzinukwa inzoga ibiro byaragabanutse
Dr Gamariel Mbonimana weguye nk’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kubera…
Nyaruguru: Ingorane n’agahinda k’ababyeyi b’abana bafite ‘Autisme’
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Mata…
Nyamasheke: Beretswe uko barwanya igwingira bategura indyo yuzuye
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 2023, mu rwego rwo…
Musanze: Gusangira iminsi mikuru n’abarembeye mu bitaro babigize umuco
Bamwe mu barwayi batishoboye bamaze igihe kinini mu Bitaro bya Ruhengeri basogongejwe…
Abaganga bashashe inzobe ku bitera imfu z’ababyeyi
Abaganga bakora umwuga wo kubyaza no kuvura indwara zibasira imyanya ndangagitsina z’abagore…
Gicumbi: Abanyeshuri bari guhabwa inzitiramibu
Mu Mirenge igize Akarere ka Gicumbi, ibigo bifite abanyeshuri biga bacumbikirwa, biri…
U Rwanda rwatangije imishinga yitezweho kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara
Minisiteri y’Ubuzima Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 8 Ukuboza 2023, ku…
Abanyeshuri ba Wisdom School bafashije abarwariye mu Bitaro bya Ruhengeri
Abanyeshuri n'abarimu bo muri Wisdom School i Musanze, basuye abarwariye mu Bitaro…
MINISANTE yafunze amavuriro gakondo arimo n’atanga imiti yongera ‘Akanyabugabo’
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yafunze amwe mu mavuriro gakondo ,yakoraga mu buryo…
Gukaraba intoki uko bikwiye byakurinda indwara zirimo n’izica
Inzobere mu buzima zigaragaza ko gukaraba intoki hakoreshejwe amazi meza n'isabune ari…
Kirehe: Mu byumweru Bibiri hatanzwe udukingirizo dusaga ibihumbi 50
Ubuyobozi bw'Ibitaro bya Kirehe buvuga ko mu bukangurambaga bw'iminsi 14 hatanzwe udukingirizo…
Minisiteri y’Ubuzima yinjiye mu bibazo bivugwa mu bavuzi Gakondo
Minisiteri y’Ubuzima yasabye Ihuriro ry’abavuzi gakondo guhagarika ibarura n’itangwa ry’ibyemezo bikorwa n’ihuriro…
Rusizi: kwandika abana bavutse biri kuri 97%
Abagize Inteko Ishingamategeko imitwe yombi, Kuva kuwa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo…
Minisitiri Dr Nsanzimana yagaragaje akamaro ko gutera ibiti ku mavuriro
Minisitiri w'ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yasobanuye uburyo gutera ibiti n'ubusitani mu mavuriro…
Isuku mu bwiherero rusange iragerwa ku mashyi
Ibikorwa remezo by’ibanze by’isuku n'isukura bifite akamaro cyane bitari mu guteza imbere…
Harimo n’iyongera ‘Akanyabugabo ‘ Rwanda FDA yakuye ku isoko imiti gakondo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyakuye ku isoko imiti…
Abajyanama b’ubuzima mu mujishi wo kurandura Malaria mu Rwanda
Indwara ya Malaria iza ku mwanya wa Karindwi mu zitera impfu mu…