Etincelles FC yahagaritse Seninga Innocent
Ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC, bwahagaritse umutoza wa yo, Seninga Innocent kubera imyitwarire mibi irimo kuva mu mwiherero mu ijoro. Mu gihe shampiyona iri kugana ku musozo, ingamba zikomeje gukazwa mu makipe atandukanye. Aho bigeze ubu ni muri Etincelles FC. Iyi kipe imaze Umunsi umwe mu mwiherero utegura umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona, yafashe […]