Umuryango wa Siddick ukorera B&B wibarutse ubuheta
Nyuma yo kwibaruka imfura ya bo imaze kuzuza imyaka itanu, Umuryango w’umunyamakuru wa B&B Kigali FM mu gice cy’imikino, Nsengiyumva Siddick, wibarutse umwana wa kabiri. Uyu mwana w’umukobwa wiswe Ineza Nsengiyumva Malika, yibarutswe mu mpera z’icyumweru gishize ku Bitaro Bikuru byo kwa Nyiriankwaya. Ineza yaje asanga ubuheta bw’uyu muryango ugize na Siddick na Uwera Denise, […]