Browsing author

HABIMANA Sadi

Etincelles FC yahagaritse Seninga Innocent

Etincelles FC yahagaritse Seninga Innocent

Ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC, bwahagaritse umutoza wa yo, Seninga Innocent kubera imyitwarire mibi irimo kuva mu mwiherero mu ijoro. Mu gihe shampiyona iri kugana ku musozo, ingamba zikomeje gukazwa mu makipe atandukanye. Aho bigeze ubu ni muri Etincelles FC. Iyi kipe imaze Umunsi umwe mu mwiherero utegura umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona, yafashe […]

Tanzania: Sinigeze ntekereza ko nashakanye n’umwanzi – Haji Manara

Tanzania: Sinigeze ntekereza ko nashakanye n’umwanzi – Haji Manara

Umwe mu bafite izina rinini mu gihugu cya Tanzania biciye muri ruhago, Haji Manara wari uherutse gushinga urugo, yavuze uburyo yasanze yari yarashakanye n’umwanzi (Adui) atabizi. Mu 2020, ni bwo Haji Manara wari Umuvugizi wa Simba SC icyo gihe, yakoze ubukwe budasanzwe ndetse bwatitije Umujyi wa Dar Es Salaam muri Tanzania, bwitabirwa n’ibyamamare byarimo Diamond […]

Kigali: Hongerewe umubare wa parikingi z’Abamotari

Kigali: Hongerewe umubare wa parikingi z’Abamotari

Nyuma y’igihe abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto mu Mujyi wa Kigali, binubira ko parikingi za bo zidahagije bigatuma bisanga mu makosa yo guhagarara nabi, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwavuze ko izi parikingi zongerewe. Ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, ni bwo Polisi y’u Rwanda, Urwego Ngengamikorere ndetse n’Ubuyobozi bw’Umujyi wa […]

Gicumbi FC yagarutse mu Cyiciro cya mbere

Nyuma y’intsinzi yakuye mu mukino w’umunsi wa gatanu w’imikino ya kamarampaka muri shampiyona y’icyiciro cya Kabiri, ikipe ya Gicumbi FC yongeye kubona itike yo kuzakina mu cyiciro cya mbere nyuma y’imyaka itatu imanutse. Ku wa gatatu tariki ya 30 Mata 2025, ni bwo habaye imikino y’umunsi wa gatanu mu ya kamarampaka ya shampiyona y’icyiciro cya […]

Rayon y’Abagore yicira isazi mu maso yahagaritse imyitozo

Nyuma y’uko bamaze amezi atatu batazi uko umushahara usa kandi basaza ba bo bakozwe mu ntoki, abakinnyi ba Rayon Sports WFC, bahisemo guhagarika imyitozo mu gihe cyose batarahembwa. N’ubwo bamaze kwegukana igikombe cya shampiyona itaranarangira, abakobwa bakinira Ikipe ya Rayon Sports WFC, bakomeje gutaka inzara ndetse byageze aho bahitamo guhagarika imyitozo. Umwe mu baganiriye na […]

Kigali Pelé Stadium yashyizwe mu maboko ya Minisports

Stade ya Kigali Pelé Stadium, yagiye mu nshingano za Minisiteri ya Siporo. Ibi bikubiye mu Itangazo ryasohowe na Minisiteri ya Siporo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025. Minisiports, yavuze ko guhera kuri uyu wa Gatatu, buri wese uzajya yifuza kugira ibyo ahakorera, agomba kujya abisabira uburenganzira muri iyi Minisiteri. Bati “Minisiteri ya […]

Amande yacibwaga abamotari yagabanyijwe

Nyuma y’igihe abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu biciye kuri moto, abakora uyu mwuga bijejwe ko amande bacibwaga yagabanyijwe ndetse ku buryo atazongera kurenga ibihumbi 10 Frw. Kuri uyu wa Gatatu, ni bwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Olivier Kabera ari kumwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, […]

Hagiye gusozwa Irushanwa ry’Umunsi w’Umurimo

Irushanwa ry’Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo ritegurwa n’Ishyirahamwe ry’Imikino y’Abakozi mu Rwanda biciye mu bufatanye na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (ARPST Labour Day Tournament 2025), riri kugana ku musozo. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka, ni “Siporo, Inkingi y’Akazi Kanoze.” Ubwo iri rushanwa ryatangiraga, amakipe yabanje guhurira mu matsinda biciye mu byiciro Ibigo by’Abakozi, barimo, cyane ko hariho ibyiciro […]

Indi kipe y’i Burayi yasinye amasezerano yo kwamamaza “Visit Rwanda”

Nyuma y’izirimo Arsenal yo mu Bwongereza, biciye mu Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, ikipe ya Atlético de Madrid yo muri Espgane, yasinye amasezerano yo kwamamaza Ubukerarugendo bw’u Rwanda (Visit Rwanda). Ni amasezerano y’imyaka itatu yashyizweho umukono n’impande zombi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025. Umuyobozi wa RDB, Jean Guy Afrika ndetse n’Ubuyobozi bwa […]