Ange Eric Hatangimana

1041 Articles

FARDC yemeje ko igitero cyayo cyahitanye Lt.Col Willy Ngoma

Igisirikare cya Congo, FARDC cyatangaje ko igitero cyacyo cyageze ku ntego yo guhitana uwari Umuvugizi wa AFC/M23, Lt.Col Willy Ngoma.…

Iby’imisanzu ya Mutuelle de sante byasubiwemo – hari abazishyura Frw 20,000 ku muntu umwe

Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare, 2026 rigaragaza…

Abatuye Uvira bongeye kumwenyura

Abaturage bo muri Uvira bongeye kwishimira ko umupaka wa Kamvira uhuza u Burundi na Congo wongeye gukora nyuma y’amezi abiri…

Umukozi wa Pariki yishwe n’inkangu – AMAFOTO

DRC – Pariki y’igihugu ya Virunga mu Burasirazuba bwa Congo, yabuze umwe mu bakozi bayo nk'uko byemejwe n'Urwego rushinzwe Kurengera…

Impanuka mbi cyane muri Kirehe – Polisi irasaba abatwara amakamyo kuruhuka

Mu Karere ka Kirehe, mu Murenge wa Gatore habereye impanuka y'ikamyo yahitanye ubuzima bw'umuntu. Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo…

Hasobanuwe uko abantu muri ino minsi bagwa mu cyaha cy’icuruzwa ry’abantu

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangije ubukangurambaga bwo ku rwanya icyaha cy’icuruzwa ry’abantu, no gushakira inyungu ku bandi, mu byagarutsweho ni impamvu…

Umugabo yarasiwe hafi y’urugo rwa Perezida Donald Trump

Umugabo witwaje intwaro yarasiwe muri metero nke z'ahantu hafatwa nko kuvogera urugo rwa Perezida Donald Trump ahitwa Mar-a-Lago muri leta…

Tour du Rwanda: Abantu babiri bishwe n’impanuka y’imodoka

Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka zibanza imbere y’amagare, abandi batandatu barakomereka. Kuri…