Elisée MUHIZI

364 Articles

Ruhango: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica Nyirabuja

Umukozi wo mu rugo witwa Dusabimana Emmanuel  arakekwa kwica Umukecuru witwaga Mukarugomwa Joséphine w'imyaka 75 y'amavuko yarangiza agatoroka. Amakuru y'Urupfu…

Bugesera: Abananiwe kwifata basabye ko udukingirizo tugera ku Mudugudu

Bamwe mu rubyiruko rwo  mu cyaro cy'Akarere  ka Bugesera, bifuza ko ku rwego rw'Umudugudu bahashyira Serivisi zitangirwamo udukingirizo kuko aho…

Impaka zishyushye ku kwanduzanya SIDA hagati y’abasore n’inkumi b’i Kirehe

Bamwe mu rubyiruko rw'abahungu n'abakobwa bo mu Murenge wa Kigina Akarere ka Kirehe, barashinjanya kwanduzanya icyorezo cya Virusi itera. Bamwe…

Ngoma: ‘Umuyobozi w’indaya’ yavuze icyakorwa ngo bareke ‘umwuga’

Bamwe mu bagore bakora uburaya mu Karere ka Ngoma, bavuga ko barambiwe n'uyu mwuga bakifuza ko bahabwa igishoro kugira ngo…

Ngoma: Abaturage babyiganiye gufata udukingirizo tw’ubuntu

Abaturage bo Murenge wa Sake, Akarere ka Ngoma batanguranwe udukingirizo RBC itanga, ni mu gikorwa cy'Ubukangurambaga bugamije guhindura imyumvire ku…

Kayonza: Abakobwa bize kuvuga ‘Oya’ itarimo ubutinde bahakanira ababashora mu busambanyi

Abakobwa biga mu Ishuri ryisumbuye rya Kayonza (Kayonza Modern School) bavuga ko  bize kuvuga OYA itarimo ubutinde, bashaka guhakanira abagabo…

Tuzakomeza kugaragaza ukuri kwacu kandi kuzatsinda- Hon Mukabalisa 

RUHANGO: Ubwo bibukaga ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida w'Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w'abadepite Hon Mukabalisa…

Abaturage bafashe mu mugongo abasizwe na Dr Muhirwe wishwe ashinyaguriwe

MUHANGA: Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu bakusanyije inkunga yo gufata mu mugongo, Umuryango wa Dr…

Abakozi ba NESA bibutse abazize Jenoside i Murambi, baremera abacitse ku icumu

NYAMAGABE: Abayobozi , abakozi n'abafatanyabikorwa  b'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n'ubugenzuzi bw'amashuri basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu…

Imibare y’abafite Virus itera SIDA yakangaranyije urubyiruko rw’i Rwamagana

Urubyiruko rw'abanyeshuri biga mu bigo bitandukanye by'amashuri yisumbuye yo mu Karere ka Rwamagana, babwiwe uko abafite Virusi itera SIDA bahagaze…