Elisée MUHIZI

364 Articles

Muhanga: Abikorera baremeye abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi

Abikorera bo mu Mujyi wa Muhanga, bahaye ibiryo Imiryango 26 y'abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi 1994 batishoboye bavuga ko bazakomeza kubaba…

Ruhango: Umukozi wo mu rugo ukekwaho kwica Nyirabuja yafashwe

Inzego z'ubugenzacyaha zafashe Dusabimana Emmanuel ukekwaho kwica Nyirabuja yakoreraga mu Karere ka Ruhango. Dusabimana Emmanuel  wakoraga akazi ko mu rugo …

Ibitaro bya Kabgayi birataka igihombo cya miliyoni 15 Frw buri mwaka

Ubuyobozi bw'Ibitaro bya Kabgayi buvuga ko hari abantu bazanwa i Kabgayi barwaye cyangwa bapfuye, badafite imyirondoro bakavurwa abandi bagashyingurwa ba…

Muhanga: Imiryango itari iya Leta yasabwe kuzamura iterambere ry’icyaro

Abakorera Imiryango itari iya Leta mu Karere ka Muhanga, babasabye kwegereza ibikorwa abatuye mu Cyaro bakareka kubyiganira mu Mujyi. Umuyobozi…

Dr Bizimana yanenze bikomeye ubutegetsi bwa Kayibanda na Habyarimana

Ubwo bibukaga ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, Minisitiri wa MINUBUMWE Dr Bizimana Jean Damascène yanenze bikomeye abategetsi ba…

Kamonyi: Umugabo arakekwaho gutaburura imva y’umuntu

Inzego z'ubugenzacyaha zataye muri yombi umugabo ukekwaho gutaburura umubiri wa Mukurarinda Wenceslas, bivugwa ko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi. Umunyamabanga Nsingwabikorwa…

Kamonyi: Leta igiye gutanga miliyari 2 Frw zo kuvugurura inzu y’amateka

Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu yijeje abarokotse ko igiye kuvugurura  inzu y'amateka yari imaze imyaka irenga 20 itayabitse. Minisitiri Dr…

Abarokokeye i Nyabisindu bavuze uko Pasiteri Nsanzurwimo yabateje Interahamwe

MUHANGA: Mu buhamya bwa barokokeye kuri Paruwasi y'i Nyabisindu i Muhanga, bavuga ko batangiye kwicwa umugoroba Pasiteri Nzanzurwimo Joseph abasura.…

Kamonyi: Abaturage biyemeje kubakira no gusana inzu 900 z’imiryango yasenyewe n’ibiza

Bamwe mu baturage bagize Itorero ry'Umudugudu bahize ko bagiye gufatanya n'Ubuyobozi mu kubaka no gusana inzu z'imiryango irenga 900 iherutse…

Kigali: Hagaragajwe urutonde rw’abaganga 157 bishe abarwayi muri Jenoside

Minisiteri y'Ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu, yagaragaje uruhare rw'abaganga 157  muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ivuga ko aho gutanga ubuzima bishe abarwayi,…