Ubushinjacyaha ku rwego rw'Ibanze rwa Nyamabuye rwasabiye Ndababonye Jean Pierre ushinjwa kuroha abana 13 muri Nyabarongo igihano cy'imyaka 2 n'ihazabu…
Mutatsimpundu Marie Rose w'Imyaka 50 y'amavuko yatwitswe na buji (bougie) agiye gutabara abana be bashyaga arapfa. Mutatsimpundu Marie yari atuye…
Perezida Paul Kagame ubwe yagiye gutaha uruganda rwa Sima rwuzuye i Muhanga, yavuze ko Africa ikwiriye koroshya ishoramari kugira ngo…
Uruganda rutunganya sima, ANJIA Prefabricated Construction ruratangira kuyitunganya no kuyishyira ku isoko mu ntangiriro z'uku kwezi kwa Kanama, 2023. Ubuyobozi…
Bamwe mu Banyamuryango ba Koperative y'abamotari (COTRQVEMOMU) bashinja Senyundo Gérard waboyoboraga kugurisha inzu no kunyereza imisanzu bifite agaciro ka Miliyoni…
Kamana Jean Marie wari Umuyobozi w'Imirimo rusange mu Karere ka Ruhango yatijwe Akarere ka Nyanza mu rwego rwo gusiba icyuho…
Ntaganda Aroni w'Imyaka 67 y'amavuko umurambo we wasanzwe mu cyumba cy'inzu yabagamo. Ntaganda Aron yari atuye mu Mudugudu wa Munini…
Bamwe mu babyeyi barerera mu Ishuri ribanza rya ‘Centre Scolaire Amizero’ bifuza ko Ubuyobozi bw’Akarere ka bubaha ubutaka bazaguriraho inyubako…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru mu Ntara y'Amajyepfo n'Imirenge 7 yo muri aka Karere bananiwe kumvikana ku bagomba kwishyura umusoro wa…
Uzabakiriho Samuel w'Imyaka 28 y'amavuko yahitanywe n'ikirombe bacukuramo amabuye y'agaciro, bagenzi be 4 barakomereka. Iyi mpanuka yahitanye Uzabakiriho Samuel yabereye…
Sign in to your account