NDEKEZI Johnson

978 Articles

Danny Mutabazi yashyize hanze album ye ya kabiri yise ‘Waranzuye’

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Danny Mutabazi, yashyize hanze album ye ya kabiri yise “Waranzuye”, nyuma y’imyaka 11…

Ibicuruzwa by’u Rwanda byafunguriwe amarembo muri Congo na Zimbabwe

Ikigo cy’Igihugu Gitsura Ubuziranenge mu Rwanda (RSB) cyasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’icya Repubulika ya Congo (ACONOQ) ndetse n’icya Zimbabwe (SAZ), agamije…

Senateri wanze umugambi wa Tshisekedi yubitsweho urusyo

Visi Perezida wa kabiri wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bahati Lukwebo, ari mu mazi abira nyuma yo…

Uruganda rwatwaye arenga miliyoni 688 Frw rumaze imyaka 13 rudakora

NGORORERO: Abaturage baratakambira inzego bireba ko uruganda rw’imyumbati, rwuzuye rutwaye 688,300,000 Frw, rumaze imyaka 13 rutarafungura imiryango, rwashakirwa ibindi rukora…

Hari gusuzumwa amabwiriza azorohereza inganda z’imyenda muri Afurika

Ibihungu 16 bihuriye mu Muryango Nyafurika ushinzwe Ubuziranenge (ARSO) biteraniye mu Rwanda byigira hamwe ishyirwaho ry'amabwiriza y'ubuziranenge ahuriweho ku rwego…

Zion Mukasa yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”

Zion Sulaiman Mukasa Matovu, umwanditsi, umukinnyi n’umuyobozi wa filime, yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”, igaragaza ko ukomoka mu muco w’Abanyarwanda…

Abubatsi b’amahoro baturutse mu bihugu 16 bateraniye i Kigali

Abubatsi b'amahoro (abaharanira ko amahoro aganza mu Isi) baturutse mu buhugu 16 bahuriye i Kigali mu Rwanda mu gikorwa cyo…

Imbabura 14,000 zitangiza ibidukikije zigiye gukwirakwizwa mu baturage

Imbabura zigezweho zisaga ibihumbi 14 zigiye gukwirakwizwa mu baturage, cyane cyane abo mu Turere twa Rubavu na Rutsiro, muri gahunda…

Abo muri Green Party bibukijwe kwitabira gahunda za Leta

Depite Icyizanye Masozera Jacky yasabye abarwanashyaka ba Green Party mu Karere ka Gicumbi gukomeza kwitabira gahunda za Leta, harimo no…

Bugesera: Hasojwe icyumweru cy’Umujyanama banasana umuhanda

Mu Murenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera, hasorejwe Icyumweru cy’Umujyanama cyari cyatangirijwe mu wa Mwogo ku wa 21 Gashyantare…