NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Babiri bafatanywe litiro zirenga 3,300 z’inzoga ya ‘Butunda’

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafunze abantu babiri bo mu Murenge wa Gataraga, bafatanywe litiro 3,360 z’inzoga zitemewe bengeraga…

Korali Pastor Bonus igiye kwizihiza Yubile y’imyaka 25

Korali Pastor Bonus ikorera ubutumwa muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Nyarugenge (ahahoze ari KIST-KHI), yateguye igitaramo cyo kwizihiza Yubile…

Bujumbura: Irindi soko ryahiye rirakongoka

Isoko ryo mu Kinama mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro rirakongoka, abaricururizagamo bajya mu kangaratete. Umuriro wadutse ahagana saa…

Kubika mu ngo ibikoresho bishaje birimo telefone byakwangiza ubuzima

Abaturarwanda n’abatuye Isi muri rusange baragirwa inama yo kutabika mu nzu cyangwa ngo bajugunye aho babonye ibikoresho by’ikoranabuhanga bishaje, kuko…

Green Party irasaba kubaka umuryango muzima

Abarwanashyaka b’ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) mu Karere ka Huye mu Ntara…

Abo kuri Nyirangarama basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bahavana amasomo

Abakozi n’abanyeshuri bo kuri Nyirangarama mu Karere ka Rulindo basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda…

Ndayishimiye yabwiye Abarundi ko bamuhemba intica ntikize

Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, aravuga ko umushahara ahembwa ari intica ntikize ku buryo utabasha kumutunga we n’umuryango we.…

Bugesera: Comfort My People Ministry yatashye inzu yasaniye uwarokotse Jenoside

Umuryango wa gikirisitu udaharanira inyungu Comfort My People Ministry watashye inzu wasaniye umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,…

Idini Bahá’í mu Rwanda ryatoye abagize Inteko y’Ubutungane

Idini ry’aba Bahá’í mu Rwanda ryatoye abanyamuryango icyenda bagize Inteko y’Ubutungane ku rwego rw’igihugu, bagiye gukora mu gihe cy’umwaka umwe.…

Trump yateguje “operasiyo” idasanzwe yo kubohora Hormuz

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko guhera kuri uyu wa mbere igihugu cye kigiye kubohora…