NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Green Party yavuze ku biciro bishya bya Mituweli byateje impaka

Komiseri Mukuru mu ishyaka Green Party, Hon. Mugisha Alexis, aratangaza ko muri iri shyaka bagikora ubusesenguzi ku biciro bishya by’umusanzu…

Umunyabigwi Ngombwa Timothée yatabarutse

Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki nyarwanda, Ngombwa Timothée, wamamaye mu ndirimbo zifite amateka akomeye mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, yitabye…

Chuck Norris wamamaye muri sinema yapfuye

Umunyamerika wamenyekanye cyane muri sinema n’imikino njyarugamba, Chuck Norris, yitabye Imana afite imyaka 86 y’amavuko. Chuck Norris yamenyekanye cyane kubera…

Abayisilamu basohoye Minisitiri w’Intebe wa Australia mu Musigiti

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yasohowe ikibugahu mu musigiti munini kurusha iyindi muri icyo gihugu ubwo yari mu masengesho…

Imirimo yo kubaka Kaminuza ya Gisirikare yaratangiye

Imirimo yo kubaka Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare y'u Rwanda, yitezweho kurushaho kongerera imbaraga urwego rw’umutekano no kubaka ubushobozi bw’abayobozi mu…

Intumwa za UNICEF zagiranye ibiganiro na AFC/M23

Intumwa z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) zagiranye ibiganiro na AFC/M23 nyuma y’igitero cya 'drones' cyahitanye abantu batatu, barimo…

Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri ba Kaminuza ya Harvard na Tufts

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru rya Harvard Kennedy, rimwe mu mashuri ya Kaminuza ya…

Ibitaro bya Kibungo byungutse inyubako yakira indembe na serivisi yo kubaga

Ibitaro Bikuru bya Kibungo biri kwigisha inzobere mu buvuzi byashyikirijwe inyubako nshya y’indembe (ICU) n’inzu y’ibagiro irimo ibikoresho bigezweho, bikaba…

Senateri utemera ko Tshisekedi ahindura itegeko nshinga yeguye

Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Modeste Bahati yeguye kuri uwi mwanya nyuma yo kotswa igitutu…

Maranatha Family Choir yahumurije abari mu bihe bitoroshye– VIDEO

Itsinda Maranatha Family Choir rikomeje urugendo rwo kugeza ubutumwa bwiza ku bakunzi b’umuziki wa Gospel, ryashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya…