NDEKEZI Johnson

978 Articles

Kenya: Ibura ry’umuriro ryateje intugunda

Abanya-Kenya bariye karungu nyuma yuko mu ijoro ryo ku wa 11 Ukuboza 2023 umuriro w'amashanyarazi ubuze, bigashyira igihugu cyose mu…

Abafite ubutaka butanditse bahawe ubwasisi

Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubutaka (NLA) bwamenyesheje abantu bose batabashije kwandikisha ubutaka ko muri uku kwezi k'Ukuboza 2023 hari igikorwa…

Nyabihu: Bamwe mu bagabo bahunze abagore bajya kwikodeshereza

Hari abagabo bo mu Karere ka Nyabihu bataye ingo zabo kubera guhozwa ku nkeke no guhohoterwa n'abagore, ubu bahisemo kwikodeshereza…

Green Party irasaba abagore kujya muri politiki ku bwinshi

Mu gihe u Rwanda rwitegura amatora y'Umukuru w'Igihugu yahujwe n'ay'Abadepite mu mwaka utaha wa 2024,  Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera…

Harasabwa uruhare rwa buri wese mu guharanira umutekano w’ibiribwa

Abanyarwanda barasabwa kugira uruhare mu gucunga no gutahura ibiribwa byo mu Rwanda cyangwa ibyinjira rwihishwa mu gihugu bitujuje amabwiriza y'ubuziranenge…

Uwiteka yaremye ibishya mu buzima bwe- Umuramyi Svensson yegukanye Sauda-AMAFOTO

Umuramyi, umuvugabutumwa, umunyamakuru, umwanditsi w'indirimbo n'ibitabo Daniel Niringiyimana uzwi nka Daniel Svensson  ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kurushinga n'umukunzi…

Ingabo za Loni ziri muri Congo zatangiye kuzinga utwangushye

Ingabo za Loni zimaze imyaka irenga 20 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zatangiye kuzinga utwangushye, ni nyuma y'uko Perezida…

Senateri (Rtd) Iyamuremye yafashe mu mugongo umuryango wa Twagiramungu

Senateri (Rtd) Augustin Iyamuremye, wahoze ari Perezida wa Sena y’u Rwanda, yafashe mu mugongo umuryango wa Twagiramungu Faustin anahishura ko…

Katumbi arashinjwa guterekwa n’u Rwanda mu matora ya Perezida

Minisitiri w'Intebe wungirije akaba na Minisitiri w'Ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba arashinja Moïse Katumbi kuba…

Bruce Melodie yagiranye ibihe byiza na Meddy

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie na mugenzi we Ngabo Medard uzwi nka Meddy bagiranye ibihe byiza aho bahuriye…