NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Abarundi 4.000 bafungiwe muri Tanzania

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yemeje ko Abarundi bagera ku 4.000 bafungiwe mu gihugu cya Tanzaniya, bashinjwa…

Ishimwe ry’abarwayi b’impyiko basigaye bivuriza kuri Mituweli

Abarwayi b’impyiko mu Rwanda barishimira ko ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mituweli bwaborohereje kubona serivisi zo kuyungurura amaraso (dialyse) no…

Congo ntihakana igitero cya drone kuri Goma

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yihanganishije umuryango w’Umufaransakazi wiciwe mu gitero cya drones mu Mujyi wa Goma, ivuga ko…

Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran ari kuvurwa ibikomere

Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran, Mojtaba Khamenei, uri guhigwa bukware na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,…

RDC: Gaz yo mu gikoni yatwitse ikibuga cy’indege

Ikibuga cy’indege cya Mavivi mu Mujyi wa Beni, ahimukiye by’agateganyo ibiro bya Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, cyafashwe n’inkongi y’umuriro…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron ku mutekano w’akarere

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we, Emmanuel Macron w’u Bufaransa, ku mubano…

Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’

Umuhanzi mu njyana gakondo, Cyusa Ibrahim, yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Rusanga n’Izayo”, yakoranye na Layan Mpano, umwe…

Min. Marizamunda yagaragaje ko umutekano udasigana n’iterambere

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yashimangiye ko umutekano n’iterambere bijyana, kandi ko umutekano urambye udashoboka hatabayeho uruhare rugaragara rw’abaturage.…

AFC/M23 yarekuye abasirikare 5,000 ba Congo yari yarafashe mpiri

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryarekuye abasirikare 5000 ba RD Congo (FARDC) na…

RDF na Polisi batangiye ibikorwa bizamura imibereho myiza y’abaturage

Kuva kuri uyu wa Mbere, Ingabo na Polisi by’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego batangiye ibikorwa byo gufasha abaturage mu…