NDEKEZI Johnson

978 Articles

FARDC na FDLR bagabye ibitero simusiga byo guhorera Col Ruhinda

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, zifatanyije n'umutwe wa FDLR mu gitondo cyo kuri uyu wa 04 Ukuboza…

U Rwanda rugiye kwakira izindi miliyari zo kwita ku bimukira bo mu Bwongereza

Leta y'Ubwongereza yashimangiye ko idateze guhagarika amasezerano yagiranye n'u Rwanda yemeza ko igiye kongerera u Rwanda miliyari zisaga 23 Frw…

Haratangazwa amanota y’abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye, umwaka w’amashuri wa 2022-2023 atangazwa kuri uyu mwa Mbere tariki…

Abarenga 7000 bahuguwe ku buryo bugezweho bwo kwigisha siyansi n’imibare

Abashinzwe Uburezi mu Rwanda barasaba ko habaho gahunda nyinshi zo guhugura abarimu ba siyansi kugira ngo barusheho guha abanyeshuri ubumenyi…

Gukaraba intoki uko bikwiye byakurinda indwara zirimo n’izica

Inzobere mu buzima zigaragaza ko gukaraba intoki hakoreshejwe amazi meza n'isabune ari imwe mu ngamba z'ingenzi zafasha kwirinda indwara zica…

Nomthie Sibisi yateguje igitaramo cy’akataraboneka i Kigali

Umuhanzi mu ndirimbo zisingiza Imana ukomoka mu gihugu cya Afurika y'Epfo, Nomthie Sibisi yateguje ibihe bidasanzwe mu igitaramo cyateguwe n'itsinda…

Namibia yateye utwatsi ibyo kohereza ingabo muri Congo

Perezida wa Namibia, Hage Geingob yashimangiye ko igihugu cye kitazohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rw'ubutumwa…

Mu rubanza rwa Dr Munyemana havuzwe ku bikoresho byasanzwe aharoshywe Abatutsi

Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, 1994 uri kuburanishwa mu Rukiko rwa Rubanda mu Bufaransa, mu buhamya…

Kamonyi: Abahinzi bongerewe ubumenyi none umusaruro wikubye kabiri

Abahinzi b'imboga n'ibigori mu buryo bwa kijyambere bahuriye muri koperative ya COMALEKA mu Murenge wa Karama, Akarere ka Kamonyi, bavuga…

Abagera ku 120 basoje amasomo y’igihe gito abafungurira amahirwe y’akazi

Abasore n'inkumi 120 barangije amasomo y’igihe gito atangwa binyuze mu mushinga wa"YouthCan" ukorera muri SOS Children's Village Rwanda, bahawe impamyabushobozi,…