NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Imbabura 14,000 zitangiza ibidukikije zigiye gukwirakwizwa mu baturage

Imbabura zigezweho zisaga ibihumbi 14 zigiye gukwirakwizwa mu baturage, cyane cyane abo mu Turere twa Rubavu na Rutsiro, muri gahunda…

Abo muri Green Party bibukijwe kwitabira gahunda za Leta

Depite Icyizanye Masozera Jacky yasabye abarwanashyaka ba Green Party mu Karere ka Gicumbi gukomeza kwitabira gahunda za Leta, harimo no…

Bugesera: Hasojwe icyumweru cy’Umujyanama banasana umuhanda

Mu Murenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera, hasorejwe Icyumweru cy’Umujyanama cyari cyatangirijwe mu wa Mwogo ku wa 21 Gashyantare…

Ados Muzika na Skilibombe bahuje imbaraga mu ndirimbo nshya

Umuhanzi Nyarwanda Ados Muzika ukorera umuziki muri Pologne yasohoye indirimbo “Imirimo ya Big Boy” yakoranye na Skilibombe, avuga ko ari…

Kigali: Hafunguwe ikigo cy’ubushakashatsi mu ikoranabuhanga

Mu Mujyi wa Kigali hafunguwe ikigo cy’ubushakashatsi mu ikoranabuhanga, kizajya gifasha urubyiruko ruhanga udushya kugera ku nzozi zarwo zo kubivanamo…

Man Martin agiye gutaramira mu Buyapani

Mani Martin ategerejwe mu bitaramo birenga bibiri bizabera mu Buyapani, ndetse akumvisha abakunzi be bazabyitabira album nshya yise ‘Rebirth’. Ibi…

TdRwanda2026: Uwiduhaye yahembwe nk’umukinnyi wayoboye isiganwa igihe kirekire

Umunya-Israel Einhorn Itamar yegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2026, Uwiduhaye Mike, ukinira Benediction Cycling Club, wayoboye isiganwa…

Ishyaka rya Green Party ryasabwe kuvuganira aborozi

Democratic Green Party of Rwanda(DGPR) yasabwe gukora ubuvugizi kugira ngo ibiciro by’ibiryo by’amatungo bigabanuke, kubera ko aborozi bakorera mu bihombo…

Imbamutima z’abitabiriye isiganwa rya “Rubavu Social Ride” – Amafoto

Abatarabigize umwuga mu gusiganwa ku magare bishimiye "Rubavu Social Ride" basabwa kongera imyitozo no gushishikariza abandi kwitabira siporo yo kunyonga igare,…

AFC/M23 yariye karungu, yisubije ibice by’ingenzi hafi ya Rubaya

Ihuriro ry'abarwanyi ba AFC/M23 bisubije ibice bitandukanye byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya…