NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Kigali: Umubikira wari umaze imyaka 63 yiyeguriye Imana yapfuye

Umwe mu bamaze imyaka myinshi mu bubikira mu Rwanda, yitabye Imana afite imyaka 97,aho yari amaze imyaka 63 abaye umubikira.…

Kazungu Denis azaburana ku wa Kane

Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 birimo Ubwicanyi buturutse ku bushake, Iyicarubuzo, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, guhisha umurambo w’undi…

Abana bavutse bafatanye bitabye Imana

Abana baherutse kuvuka buri umwe ameze nk'uryamye ku wundi, bitabye Imana ku mugoroba wo ku wa 18 Nzeri 2023, ababyeyi…

Edgar Lungu wahoze ari perezida wa Zambia yareze Leta

Uwahoze ari Perezida wa Zambia, Edgar Lungu yajyanye mu butabera guverinoma ayirega kuba yaranze ko yitabira inama muri Koreya y'Epfo,…

Nyanza: Isoko rya kijyambere ryaheze he?

Imyaka itanu igiye kwihirika abaturage bo mu Karere ka Nyanza bijejwe kubakirwa isoko rya kijyambere ariko magingo aya bakaba bagicururiza…

Kamonyi: Bafatanywe ‘Cash’ bibye umuturage

Abasore babiri bo mu Karere ka Kamonyi, Polisi y'u Rwanda ku bufatanye n'izindi nzego yabafatanye igikapu kirimo inoti bibye umuturage.…

Abazunguzayi b’Aba-Masai bagiye kujyanwa mu nzererezi

Umuyobozi w'agateganyo w'Inkeragutabara mu Ntara y'Amajyaruguru, Lt Col Vianney Higiro yasabye ko Abazunguzayi b'aba-Masai bakorera ubucuruzi bwabo ku mihanda bajyanwa…

Impumuro y’inyama yatamaje umugore wibye ihene y’umuturanyi

Impumuro y'inyama yatamaje umugore wo mu Karere ka Musanze uherutse gucunga ku jisho abaturanyi be maze akabiba ihene akayibaga, inyama…

Inkundo z’inkumi n’abasore b’i Nyamasheke ziri kurikoroza

Kubeshyana no kwirarira bikorwa n'abasore n'abakobwa bo mu Karere ka Nyamasheke bikomeje gushavuza imitima y'abakundana, bamwe bavuga ko nta rukundo…

Comfort My People Ministry basuye abarwayi, bishyurira ababuze amikoro

Comfort My People Ministry bakusanyije inkunga basura abarwariye ku bitaro bya Nyamata, bagoboka bamwe mu bivurije muri ibi bitaro bakabura…