NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Satani arahunga! Mbonyi na Shalom Choir bagiye gutigisa BK Arena

Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo Shalom Choir yo mu Itorero rya ADEPR Nyarugenge na Israel Mbonyi bakorere igitaramo cy'amateka muri…

Hatangijwe umurongo uhuriweho n’inzego zirengera abana

Mu Rwanda hatangijwe uburyo bunoze kandi buhuriweho n'inzego zitandukanye bugamije gukemura no guhangana n'ibyaha by’ihohoterwa bikorerwa abana, birimo kubasambanya n’imirimo…

Inama za Irené Merci ku rubyiruko rw’Igihugu

Irené Merci Manzi uri mu bamaze igihe kirekire mu muziki uhimbaza Imana yatanze inama ku rubyiruko, arusaba kuba ku isonga…

Perezida Kagame ari muri Cuba

Perezida Paul Kagame ari i Havana muri Cuba, aho yitabiriye inama y’iminsi 2 y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, bahuriye mu…

Hafunguwe laboratwari zitanga ibipimo n’ingero byizewe

Leta y' u Rwanda yafunguye ku mugaragaro Laboratwari nshya zikora igereranyabipimo ku mihindagurikire y'ikirere, iteganyagihe, ubuziranenge bw'umwuka n'ibipimo by'amazi. Ni…

Nyarugenge: Imvura yasenye inzu n’ibyumba by’amashuri

Mu Karere ka Nyarugenge, imvura nyinshi ivanze n'umuyaga yasenye ibyumba by'amashuri bya Gs. Mwendo inasenya inzu z'imiryango 12 yari ituye…

Abaturarwanda bagiye gufashwa kwihaza mu biribwa

Kugira ngo abaturarwanda bakomeze kwihaza mu biribwa bituruka ku masururo w’abahinzi bo hirya no hino mu gihugu, hasinywe amasezerano agamije…

Kwinjira mu gitaramo cya Shalom Choir yatumiyemo Mbonyi ni ubuntu

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta…

Fine Fm yarezwe gutesha agaciro amasezerano

Rurageretse hagati ya Ineza Life Center Lt ihagarariwe na Niyonkuru Meschak na Radiyo ya Fine Fm na Rutayisire Mushaija Donath…

Ntabwo wayobora abantu ngo bagutere ubwoba – Kagame

Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Dr. Jimmy Gasore Minisitiri w’Ibikorwa Remezo mushya, amusaba kudaterwa ubwoba na bamwe mu bayobozi…