NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Mu birori bidasanzwe habayeho kuganuza no koroza inka abashegeshwe n’ibiza

Kuri uyu wa Gatanu tariki 04 Kanama 2023 mu Rwanda hijihijwe umunsi w'Umuganura haganuzwa abagizweho ingaruka n'ibiza, koroza inka no…

Abakoresha internet mu Rwanda bagiye gushyirwa igorora

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo ivuga ko hari umushinga yatangiye, ku buryo mu mezi abiri abaturage bazatangira gufashwa kubona telefone zigezweho…

Urwikekwe mu biro bya Tshisekedi wakoze impinduka zikarishye

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi yahinduye abayobozi mu nzego zirimo n'iperereza nyuma y'urwikekwe ruri mu…

Umuganura uzabera i Rutsiro mu kuganuza abashegeshwe n’ibiza

Inteko y’umuco yatangaje ko Umuganura wa 2023 ku rwego rw'Igihugu uzabera mu Karere ka Rutsiro mu rwego rwo kuganuza abagizweho…

Javanix yashyize hanze EP ikoze Kinyafurika-YUMVE

Irankunda Javan umaze kumenyekana nka Javanix yashyize hanze Extended Play yise ‘Zamani’ igizwe n'indirimbo eshanu zifite umwihariko wo kuba zikozwe…

Gasabo: Aba ‘Pushayi’ barimo umugore bafatanwe umurundo w’urumogi

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafatiye mu Karere ka Gasabo abantu bane barimo umugore bijanditse mu bikorwa…

RIB yataye muri yombi abakoresha Youtube bane

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane bakurikiranyweho gukinisha abana filime z'urukozasoni no kuzikwirakwiza bifashishije imbuga…

Wells Salvation Church yateguye igiterane cyo gusakaza umucyo wa Kristo

Itorero rya Wells Salvation Church mu Kinyarwanda bisobanuye “Itorero ry’amariba y’agakiza”, ryateguye igiterane cy’ivugabutumwa cyiswe "Rwanda Shine 2023" kigamije gukangurira…

Hatangijwe umushinga wo guhangana n’indwara ziterwa n’ihindagurika ry’ibihe

U Rwanda rwatangije umushinga uzibanda ku gukusanya amakuru no gusesengura imibare n'ibipimo ku ihuriro ry'indwara ziterwa n'imihindagurikire y'ikirere, witezweho uruhare…

Hateguwe igitaramo cy’abambaye imyeru ku mucanga w’i Kivu

Karisimbi Events imaze gushinga imizi mu gutegura ibitaramo igiye gutanga umunezero mu birori by'abambaye imyenda y'umweru ku nkombe z'ikiyaga cya…