NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Dr Habineza yasabye urubyiruko kwambarira amatora ya 2024

Umuyobozi Mukuru w'Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza yasabye urubyiruko rwo muri iryo shyaka guhagurukana imbaraga kugira…

Impunzi n’abaturiye inkambi ya Kiziba na Nyabiheke bahawe imbangukiragutabara

Mu rwego rwo guharanira kubungabunga ubuzima bw'abari mu kaga, Croix Rouge y'u Rwanda yatanze imbangukiragutabara ebyiri mu nkambi za Nyabiheke…

Kigali: Ibihugu 16 byitabiriye imurikabikorwa ry’ubuhinzi n’ubworozi

Kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Nyakanga 2023, hatangijwe ku mugaragaro imurikabikorwa ry'ubuhinzi n'ubworozi ritegurwa na Ministeri y'Ubuhinzi n'Ubworozi, MINAGRI.…

Hatangijwe ikigega cyo kuzamura abakennye kurusha abandi

Leta y'u Rwanda n'igihugu cy'u Budage batangije ikigega cyasaga miliyari 20 y'u Rwanda cyitezweho kuzamura imibereho y'abaturage bakennye cyane mu…

Musanze: Ikamyo yakoze impanuka ikomeye

Mu murenge wa Busogo mu karere ka Musanze, umushoferi yarokotse impanuka aho ikamyo yari atwaye yabuze feri igwa mu muhanda…

Ifoto y’Umunsi: Perezida Kagame yifurije isabukuru nziza abuzukuru be

Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame yongeye kuzamura amarangamutima y’Abanyarwanda n’abandi bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kubasangiza ifoto ye n'abuzukuru be…

Umuyobozi muri LONI yasabye amahanga kwigira kuri Isange One Stop Center

Umuyobozi Mukuru w'Ishyami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku bagore, Madamu Sima Bahous asanga ibikorwa bya Isange One Stop Center mu gufasha…

Umugabo wakoze Jenoside yafatiwe i Kigali nyuma y’imyaka amaze yihisha

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Nyandwi Evariste w'imyaka 66 y'amavuko wari umaze igihe yihisha ubutabera nyuma yo guhamwa n'ibyaha…

X-Bow Man yakoze indirimbo yo guha icyubahiro Past Théogène Niyonshuti-VIDEO

Umuhanzi X-Bow Man utuye mu Bufaransa yakoze indirimbo yo guha icyubahiro Pasiteri Théogène Niyonshuti uherutse kwitaba Imana. Pasiteri Niyonshuti wari…

Kenya: Bishop Rugagi yakoze ku mitima y’abitabiriye igiterane cy’amateka-AMAFOTO

Umushumba mukuru w’Itorero ry’abacunguwe (Redeemed Gospel Church), Bishop Rugagi Innocent, yakoreye amateka mu giterane cyiswe "Revival Fire in Kenya" cyabereyemo…